Reba agashya umunyezamu wa misiri yakoze mbere yo gusezerara Cameroon
•
Umunyezamu wa Misiri, Mohamed Abou-Gabal “Gabaski” yari afite inyandiko irambuye igaragaza uko abakinnyi ba Kameruni batera penaliti byari byanditse ku gapapuro kari kometse ku icupa rye. Benshi batunguwe no kubona agapapuro k’icupa ry’amazi ry’uyu munyezamu kanditseho uko abakinnyi ba Cameroon batera penaliti byanamufashije akuramo 2 zirimo iya Moukoudi n’iya James Lea Siliki mu…
Abakobwa: Niba ubona ibi bimenyetso mu rukundo rwawe, ikiza ni uko uwo musore wamusiga hakiri kare
•
Kuba wenyine mu rukundo ntabwo ariyo mpamvu nyamukuru yo gutuma ukomeza kuhaguma. Kuba mu rukundo byonyine ntabwo bihagije. Ahari waragerageje ariko birangira byanze. Kuki waguma kwihambira ku muntu kandi nta kizavamo? Dore ibimenyetso iwacumarket.xyz yaguteguriye yifashishije urubuga Relrules. . Ibimenyetso byakwereka ko urukundo rwawe ntaho ruzagera . Ibimenyetso byakwereka ko umusore atagukunda by’ukuri .…
Byinshi kuri Soleil wo muri Bamenya ufite umukundara w’umukara muri Karate, akaba umukinnyi wa filimi, umucuruzi wabyize, umunyamakuru… – AMAFOTO
•
“Ikintu karate yamfashije, yampaye kwigirira icyizere, ikinyabupfura, gukora cyane, kubaha, kwisanzura no kwirinda, ni byinshi..” Ibi ibitangazwa na Uwase Delphine uzwi nka Soleil muri filime y’uruhererekane yitwa Bamenya, wamaze gutangiza ishuri ry’imikino njyarugamba ryitezweho gutinyura igitsinagore ku bijyanye no kwitabira Siporo. . Soleil muri Bamenya yahishuye byinshi ku buzima bwe . Ni umunyamakuru, umucuruzi,…
AFCON2022: Kapiteni wa Cameroon yanenze bikomeye Muhamed salah habura amasaha make ngo bahurire muri 1/2
•
Kapiteni wa Kameruni, Vincent Aboubakar, avuga ko atakanzwe n’imikinire ya Mohammed Salah wo mu Misiri barahangana kuri uyu mugoroba muri 1/2 cy’igikombe cya Afurika. Uyu rutahizamu wa Kameruni, Vincent Aboubakar, yafashe icyemezo cyo kunenga Mohamed Salah habura amasaha make ngo bahure na Misiri muri kimwe cya kabiri kirangiza mu gikombe cya Afurika. Soma…
Abakobwa: Dore ibintu wakorera umusore agahita agusaba kumubera umugore
•
Ni kenshi usanga umukobwa akundana n’umusore akabona ko umukobwa bakundana azavamo umugore wa nyawe ushoboye urugo cyangwa akabona atazabishobora bitewe n’imico ndetse imyitwarire amubonaho. Ariko wakwibaza uti ni iki nakora ngo umuhungu tugiye kuzabana agire icyizere ko nzaba umugore ushoboye urugo? . Uko Wakwereka Umusore Ko Uzavamo Umugore Mwiza . Uko Wakwereka Umusore Ukundo…
Amataye ya miss Pamella ukundana na The Ben yongeye kunyeganyeza instagram – AMAFOTO
•
Miss Uwicyeza Pamella ni umwe mu bakobwa bakunze kuvugisha benshi kubera imiterere ye ikurura benshi ndetse bamwe ntibatinye kugaragaza amarangamutima yabo igihe cyose uyu mukobwa ashyize ifoto ye kuri Instagram. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Miss Pamella yongeye gushyiraho ifoto ye igaragaza amataye maze nk’ibisanzwe The Ben abimburira abandi kugagaza ko ayishimiye.…