Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Ariel Wayz yahundagajweho imitoma itagira ingano kubera amafoto ye mashya yashyize hanze – aMAFOTO

    Umuhanzikazi Ariel Wayz umaze kwamamara muri muzika Nyarwanda ndetse unakurikirwa n’abatari bake ku mbuga nkoranyambaga ze yatewe imitoma n’abafana be nyuma y’amafoto mashya yashyize kuri Instagram agaragaza inseko idasanzwe. Uyu mukobwa ukunze kwifotoza azamura urutoki rwa musumbazose ,benshi badakunda kuri iyi nshuro yifotoje bisanzwe ariko aseka cyane.Ibi byatumye abafana be bajya ahandikirwa ubutumwa baramutomagiza…

  • Umugore afunze azira kwica mugenzi we akoresheje ikibuno ubwo barimo gusenga

    Umugore wo muri Leta ya Texas arashinjwa kwica mugenzi we babanaga mu cyumba kimwe akoresheje icyibuno, aho polisi ivuga ko yamwicayeho kugeza apfuye. . Umugore yishe mugenzi we ubwo yarimo kumusengera . Yamwicaye hejuru kugeza ashizemo umwuka   Uyu mugore usanzwe witwa Gloria Ann Jordan w’imyaka 41, yatawe muri yombi akekwaho urupfu rwa mugenzi…

  • “Ntawe so yabyaye” Umunyamakuru Cyuzuzo yari ahititanye uwise umukunzi we Umu Congoman

    Cyuzuzo Jean d’Arc ukorera Kiss FM yasubizanyije amashagaga uwari wise umu ’Congoman’ umukunzi we uherutse no kumwambika impeta y’agateganyo yo kubana,ndetse binavugwa ko ubukwe bw’aba bombi buri vuba.   Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, umunyamakuru Cyuzuzo yanditse ati,”Please (Ndakwinginze) uyu mwaka gerageza uhe umukunzi wawe impano itari boxer (Akenda kimbere k’Abagabo), isengeri, amasogisi…

  • Musenyeri Kizito Bahujimihigo yakoze impanuka yaguyemo umunyegare

    Musenyeri Kizito Bahujimihigo wayoboye Diyosezi ya Ruhengeri n’iya Kibungo, yakoze impanuka nyuma y’aho imodoka ye ifite plaue Toyota RAV4 RAB 130 S yagonganye n’umunyonzi wahise yitaba Imana mu gihe we yajyanywe kuvurirwa mu Bitaro bya Masaka. . Kizito Bahujimihigo yarokotse impanuka y’imodoka . Musenyeri Kizito Bahujimihigo yakoze impanuka ikomeye . Musenyeri Kizito Bahujimihigo yagonze…

  • Dore amagambo yuzuye uburyohe wakoherereza umukunzi wawe mu butumwa bugufi ukigarurira umutima we wose

    Urukundo ni nk’ifunguro cyangwa igihingwa. Rukuryohera kurushaho iyo rubonetsemo amagambo ava ku mutima agakora ku wundi, kimwe n’uko ibiryo biryoshywa n’indyoshyandyo, igihingwa kigatoheshwa n’ifumbire.   Niba ujya wibaza amagambo yuzuye urukundo wakoherereza umukunzi wawe mu butumwa bugufi, umwereke ko urwo umukunda rukuva ku mutima. Iyi nkuru nicyo kibazo ije gusubiza.   1. Jya uhora…

  • Amafoto y’ibyamamare yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga muri iki cyumweru

    Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye. Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho uri busange higanjemo amafoto ya bakobwa bazwi nk’aba Miss. 1. Miss Uwicyeza Pamella2.Miss Mutesi Jolly3.…