MissRwanda2022: Yarebye ikijisho akanama nkemurampaka agashinja kwanga nkana umushinga we
•
Umukobwa witabiriye amajonjora ya Miss Rwanda 2022 mu Ntara y’Uburengerazuba witwa Niyigena Jeannine, mu bakobwa 77 bamaze kunyura imbere y’Akanama nkemurampaka ni we mukobwa rukumbi wagaragaje yaba ku maso no mu mvugo ko atanyuzwe n’imyanzuro yafatiwe. . Ntiyanyuzwe N’imyanzuro Yafatiwe N’akanama Nkemurampaka . Niyigena Jeannine yarakajwe no kuba akanama nkemurampaka kanze kumva ibisobanuro by’umushing we…
Abakobwa: Dore ibyo ugomba kwitondera niba umaze igihe kinini ukundana n’umusore hato bitazarangira mutabanye
•
Bibaho cyane ko umusore akundana n’umukobwa igihe kirekire nyamara yajya gukora ubukwe ukabona ahise yishakira undi batamaranye kabiri. Menya impamvu 7 zituma abasore batarongora abakobwa baterese imyaka myinshi kugirango witwararike nawe ejo bitazakubaho. . Impamvu Umusore Atabana N’umukobwa Bakundanye Igihe Kinini . Urukundo Rumaze Imyaka Myinshi Rurapfa Birashoboka ko wowe uri gusoma iyi nkuru…
Umusifuzi w’iRobo agiye gutangira gukoreshwa mu gusifura umupira w’amaguru
•
Chelsea iri mu makipe azasuzumirwaho Umusifuzi w’irobo mu mikino y’igikombe cy’Isi cy’Amakipe. Kuva tariki 3 Gashyantare kugeza tariki 12 Gashyantare mu barabu, hateganyijwe imikino y’igikombe cy’Isi cy’Amakipe yatwaye ibikombe iwabo. Ni imikino ihanzwe amaso na benshi kuko izaba irimo Umusifuzi w’umukorano uzajya ufasha abasifuzi bo hagati gufata ibyemezo byihuse. Umusifuzi…
Zari yagize icyo avuga nyuma yo kwinezezanya n’umusore bivugwa ko bari mu rukundo rushya bikajya ku karubanda – VIDEO
•
Zari Hassani yagize icyo avuga ku makuru yasakaye avuga ko ari mu rukundo rushya n’umusore witwa GK Choppa bagaragaye binezezanya. Mu ijoro ryo kuwa Mbere tariki 31 Mutarama 2022 hasakaye amafoto ya Zari n’amashusho ari kwinezezanya n’umusore witwa GK Choppa wiyemeje kubaho afasha abatishoye. Ibinyamakuru byo muri Uganda byise uyu musore umu ‘Philanthropist’.…
Guinea Bissau: Haburijwemo Coup d’Etat yiciwemo abantu benshi
•
Perezida wa Guinée-Bissau avuga ko igerageza ryo guhirika ubutegetsi muri iki gihugu cyo muri Afurika y’uburengerazuba ryiciwemo abashinzwe umutekano benshi. Umaro Sissoco Embaló yavuze ko ibintu byasubiye mu buryo, anavuga ko ibyabaye ari “igitero cyapfubye cyagabwe kuri demokarasi”. Ku wa kabiri, amasasu yumvikanye hafi y’inyubako ya leta mu murwa mukuru Bissau, aho…
Diamond Platinumz yaba yambitse impeta Zuchu ndetse ubukwe buri mu byumweru 2
•
Nyuma y’iminsi havugwa ikibatsi cy’urukundo hagati ya Diamond na Zuchu n’ubwo muri bo ntawe uremeza aya makuru ku mugaragaro. Ubu noneho ibintu byafashe indi ntera nyuma y’aho nyina wa Diamond na mubyara w’iki cyamamare witwa Romy Jons baciye amarenga y’ubukwe mu byumweru bibiri. Uyu mubyara wa Diamond yagiye ahashyirwa ibitekerezo kuri post ya…