Niba umukobwa agukorera kimwe muri ibi bintu 5 kurayo amaso kuko nta mukobwa ubikorera umusore akunda by’ukuri
•
Gukunda no gukundwa ni byiza kuko bizana umunezero mu bakundana iyo byabahiriye. Ariko wabwirwa n’iki ko agukunda by’ukuri cyangwa ko akubeshya agukurikiranyeho izindi nyungu? Menya ibintu umukobwa ugukunda bya nyabyo atazigera akora kuko agukunda koko. Ntibyoroshye kuba wahita umenya neza bidasubirwaho ko umukobwa mukundana agukunda koko by’ukuri, ariko na none ni byiza kumva…
Sobanukirwa ibintu 6 byagufasha kubaka urukundo rwa Nyarwo ugatandukana no guhora ufite ubwoba ko uwo mukundana azaguta
•
Abantu benshi bibeshya ku bintu bitandukanye bashobora guha abakunzi babo kugira ngo babashimishe ndetse banubake urukundo nyarwo hagati yabo n’abakunzi babo aho usanga bamwe bishuka ko amafaranga menshi cyangwa imitungo aribyo bishobora kuryoshya urukundo rw’abakundana ariko mbakuriye inzira ku murima “urukundo ruruta byose kandi ahari urukundo byose biba bihari”. Aha buri wese yakwibaza…
Umusore yahuye n’uruva gusenya ubwo yageragezaga kwambikira umukunzi we impeta mu rusengero – AMAFOTO
•
Umusore yahuye nuruva gusenya ubwo yatunguraga umukunzi we barikumwe murusengero ashaka kumwambika impeta amusaba ko yazamubera umugore. Ibi byabereye murusengero ruherereye muri Kenya nkuko tubikesha ikinyamakuru Nairobi News. Umusore yatunguye umukunzi we atera ivi ashaka kumwambika impeta murusengero umukobwa yanga kuyambara amusebereza imbere ya Pasiteri Uyu musore usanzwe ari umukristu muri uru…
Rayon Sports yerekanye abakinnyi 3 bashya iheruka gusinyisha harimo n’umunya-Cameroon DINDJEKE
•
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 01 Gashyantare 2022,Rayon Sports yerekanye abakinnyi bashya yasinyishije barimo rutahizamu Mael DINDJEKE ukomoka muri Cameroun. Mael Dinjeke yasinye muri Rayon Sports nyuma yo kumara ibyumweru bibiri mu igeragezwa, ashimwa n’abatoza. Avuye muri PWD Social Bamenda yo muri Cameroun. Uyu rutahizamu aje asanga undi Rutahizamu w’Umugande Musa Essenu…
Abakobwa: Niba umusore mukundana yujuje ibi bintu 7 ntuzabe umwana ngo agucike
•
Abakobwa bose baba bifuza kuzagira urugo ruzira ikinegu ariko bakagira imbogamizi yo kutamenya ibyo wagenderaho uhitamo umusore wakubera umugabo ukwizihiye. Hari ibintu 7 wagenderaho ukamenya ko umusore runaka yazakubera umugabo mwiza nk’ uko ubyifuza. Niba umusore mukundana yujuje ibi bintu 7 ntuzamwiteshe: 1. Ashyira umukobwa mu bihe yifuza kubamo Umusore uhamye ntabwo…
Real Madrid izahemba Mbappe akayabo kazatuma aba uwa mbere uhembwa menshi ku isi
•
Nk’uko amakuru abitangaza, Ikipe ya Real Madrid yemeye kwishyura Kylian Mbappe umushahara w’ibihumbi 800,000 by’amapawundi buri cyumweru ubwo azaba ayerekejemo mu mpeshyi. Uyu mukinnyi w’icyamamare ukinira Paris Saint-Germain, yanze kongerera amasezerano mashya iyi kipe kugira ngo yerekeze muri Real Madrid akunda cyane Iyi kipe y’igihangange yo muri Espagne imaze igihe kinini yifuza…