Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Ibimenyetso 8 bica amarenga ko wanduye SIDA. Ukibibona uzihutire kwipimisha

    Ubushakashatsi bwemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga Health.com twifashishije, rugaragaza ko mu gihe agakoko gatera SIDA kamaze byibura ukwezi kumwe cyangwa abiri kari mu mubiri w’umuntu, abantu 40% kugeza kuri 90%…

  • Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Philippe ndetse n’uko abaryitwa bitwara

    Philippe ni izina rihabwa abana b’abahungu, rifite inkomoko mu Kigereki ku izina Philippos risobanura ‘ukunda ifarasi.’ Ni izina ryandikwa mu buryo bwinshi nubwo risobanura kimwe, bamwe bandika Philip, Philippus, Philippos, Filip n’ayandi. Bimwe mu biranga ba Phillipe: Ni umuntu udapfa guseka, ukunda kuba ari wenyinye, agafata umwanya akitekerezaho. Akunda gutembera yirebera ibintu bitangaje Imana…

  • Igisobanuro n’inkomoko y’izina Baptiste n’uko abitwa iri zina bitwara

    Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, twafashe icyemezo cyo kujya tubagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Baptiste ni izina rihabwa umwana w’umuhungu rikaba rikomoka ku ijambo ry’Ikigereki baptizein, risobanura kwiyandikisha mu masakaramentu y’abakirisutu cyangwa kubatizwa. Baptiste arangwa n’amahoro n’umutuzo. Buri gihe aba afite ibyiringiro by’ibintu…

  • Ombolenga Fitina yasinyiye Rayon Sports

    Ikipe Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije, myugariro Fitina Ombolenga uherutse gutandukana na APR FC, amasezerano y’imyaka ibiri. Ombolenga byigeze bitangazwa ko yasinyiye iyi kipe ariko biza gutangazwa ko batararangizanya. Nyuma yo gusinya yagize Ari:”Si njye uzabona ngeze imbere ya biriya bihumbi by’abafana ba Rayon Sports. Ni umwihariko wayo. Aho mvuye natwaraga ibikombe kandi nkorera…

  • Eddy Kenzo Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we usanzwe ari Minisitiri

    Edrisah Kenzo Musuuza wamamaye mu muziki nka Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we, umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’ingufu n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Uganda, Phiona Nyamutooro. Uyu muhango wabaye ku wa Gatandatu, tariki 29 Kamena 2024 i Buziga aho umuryango wa Nyamutooro utuye. Eddy Kenzo nawe yemeje ku mbuga nkoranyambaga ze ko ibi birori…

  • Ubwongereza bwatsinze Slovakia bigoranye cyane

    Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yatsinze bigoranye Slovakia ibitego 2-1,ikatisha itike ya 1/4 cy’irangiza mu mikino y’igikombe cy’u Burayi. Nyuma y’iminota 95 y’umukino,nibwo Ubwongereza bwagaruye ubuzima bwishyura Slovakia ndetse bubona itike mu minota 30 y’inyongera. Mu ikipe umutoza w’Ubwongereza yabanje mu kibuga,Kobbie Mainoo niwe mushya waje asimbuye Conor Gallagher ndetse yitwaye neza. Ku munota wa 25…