Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Imyidagaduro Platini P yavuze kuri gatanya we n’umugore we bagiye guhabwa

    Umuhanzi Nemeye Platini wamenyekanye nka Platini P cyangwa Baba yanyomoje amakuru avuga ko yitabaje Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata, mu gusaba gatanya n’umugore we, Ingabire Olivia bari barasezeranye mu 2021. Ni amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye bivuga ko Platini n’umugore we Olivia bemeranyije gutandukana ku bw’impamvu za bo bwite, bakaba…

  • Umunyarwanda Hakim Sahabo arifuzwa n’amakipe akomeye yo mu Bwongereza

    Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Standard de Liège mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi, Hakim Sahabo arifuzwa n’amakipe akomeye i Burayi harimo na Leicester City yo mu Bwongereza. Uyu mukinnyi w’imyaka 19 w’ikipe y’igihugu Amavubi wagaragaje impano idasanzwe mu mwaka w’imikino ushize mu ikipe ya Standard de Liège, yatangiye kubengukwa n’amakipe akomeye i Burayi.…

  • M23 yafashe Kanyabayonga n’utundi duce tuyegereye

    Nyuma y’intambara zari zimaze iminsi itari mike, Umujyi ukomeye wa Kanyabayonga waraye wigaruriwe n’inyeshamba za M23, umutwe uhanganye n’igisirikare cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo). Ibinyamakuru byo muri iki gihugu byanditse ko uyu mujyi wafashwe ejo ku wa gatanu hafi saa kumi n’igice (16h30), mu masaha yo muri icyo gihugu,…

  • APR FC yasinyishije umunya-Ghana ukina hagati

    APR FC yasinyishije Richmond Lamptey, umunya-Ghana ukina hagati mu kibuga, avuye muri Asante Kotoko S.C y’iwabo. Yasinye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 y’amavuko asanzwe akina hagati mu kibuga ariko afasha ba rutahizamu. APR FC yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri nk’uko byari byatangajwe mbere n’umunyamakuru Micky Jnr uri mu bakomeye mu gutangaza amakuru yo…

  • Trump yarushije cyane Perezida Biden mu kiganiro mpaka kibanziriza amatora

    Nyuma y’intambara zari zimaze iminsi itari mike,Umujyi ukomeye wa Kanyabayonga waraye wigaruriwe n’inyeshamba za M23, umutwe uhanganye n’igisirikare cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo). Ibinyamakuru byo muri iki gihugu byanditse ko uyu mujyi wafashwe ejo ku wa gatanu hafi saa kumi n’igice (16h30), mu masaha yo muri icyo gihugu, ni…

  • Gen. Bunyoni wari mu bujurire yakatiwe gufungwa burundu anacibwa ihazabu ya miliyari zisaga 23 z’amarundi

    General Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Burundi, yatsinzwe mu rubanza bujurire,akatirwa gufungwa ubuzima bwose. Urukiko rukuru rw’ubujurire rwemeje igihano uyu wahoze ari Minisitiri w’intebe w’Uburundi yari yahawe bwa mbere cyo gufungwa ubuzima bwose. Urubanza rwari rumaze ukwezi mu mwiherero. Mu mwaka ushize wa 2023, yahamwe n’ibyaha birindwi birimo kugerageza kwica umukuru…