Abubatse: Dore uburyo watermelon yagufasha gushimisha umugore wawe cyangwa umugabo wawe mu buriri uyu munsi. Ntubisuzugure ahubwo ubigerageze wirebere
•
Abantu bakunze guhura n’ikibazo cyo kubura ubushake bwo gutera akabariro yaba abagore cyangwa abagabo ndetse ibi iyo bitabonewe umuti hakiri kare bishobora gusenya urukundo rwabo ndetse n’urugo rudasigaye. Muri iyi nkuru tugiye kukugezaho uburyo wakoresha watermelon maze ukubaka urugo kakahava ku buryo umukunzi wawe asigara akwirahira. Watermelon ni urububuto rwuzuye intungamubiri nyinshi umubiri ukenera…
Abakundana: Niba ibi bintu 8 mutabikorera hamwe mwembi ntabwo mukwiranye
•
Ese ikintu cyo kuba hari abantu baremewe kubana kibaho muri ubu buzima? Ese umuntu ashobora kumara igihe yiruka isi yose ashaka uwo bazabana kandi hari uwo yaremewe kubana nawe? Uko byagenda kose hari ibigaragaraza ko mwaremewe kubana. Ushobora gutekereza ko inkuru yawe y’urukundo yari yamaze guhimbwa kuva na kera. Ubushakashatsi bwagaragaje ko abantu…
Abagore: Dore ibyo ugomba gukora ukimara gutera akabariro
•
Nyuma yo kumara ijoro muri mu gikorwa cyo gutera akabariro n’umugabo wawe, hari ibyo muba mugomba kwitaho mu rwego rwo gukora isuku neza. Ujya mu bwogero, nyuma yo kuva yo wenda uri kwibaza icyo wakora, kugira ngo ugire ubuzima bwiza. 1. Kunywa amazi Gutera akabariro nabyo ubwabyo bifatwa nko gukora imyitozo, iyo ubirangije…
Dore ibintu byagufasha gutereta umukobwa ugira isoni ukegukana umutima we
•
Umukobwa ugira isoni aba atandukanye n’umukobwa usanzwe haba mu mvugo, imyitwarire, imico n’ibindi bitandukanye umukobwa wese ashobora kugaragaza igihe muri kuganira. Kuba mu rukundo n’umukobwa ugira isoni rero bishobora kukubera byiza cyane igihe wabashije kwisanisha nawe kandi ukumva iyo myitwarire ye cyane ko iba itandukanye n’iy’abandi bakobwa basanzwe.Dore ibyo ukwiye kumenya ku mukobwa…
Perezida Kagame yavuze kuri Coup d’Etat mu Rwanda, kwiyamamariza indi manda muri 2024, ibibazo byo mu karere…
•
Perezida Paul Kagame aherutse kugirana ikiganiro n’ikinyamakuru Jeunafrique, agaruka ku ngingo zitandukanye zirimo ibivugwa ku Rwanda, ku karere na Afurika ndetse no ku buzima bwe bwite. Muri icyo kiganiro cyabaye tariki 20 Mutarama i Kigali, Perezida Kagame yasubije ibibazo birimo iby’umubano w’u Rwanda na Uganda, u Rwanda n’u Burundi, Coup d’Etat zimaze iminsi…
Umubiri wacu: Akamaro ka Rug1ngo ndetse n’ibitangaje kuri yo ushobora kuba utazi
•
Hari bimwe mu bigize umubiri wacu bitera benshi amatsiko yo kumenya ibyabyo, muri byo hanarimo agace kitwa rugongo. Aka ni agace kaboneka ku gitsina cy’umugore ahagana hejuru ahahurira imigoma yo ku mpande zombi urw’iburyo n’ibumoso. Rugongo iherereye aho imigoma n’imishino bihurira Mu mico imwe n’imwe aka gace karakatwa, ibigereranywa no kugenywa ku bagabo,…