Kigali: Abantu bumiwe bumvise uko umukobwa abara inkuru y’ukuntu umusore yamuryohereje – UMVA IJWI
•
Ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter na Whatsapp hakomeje gucicikana amajwi y’umukobwa uri kubarira inkuru mugenzi we y’uko yaryohewe n’akabariro yakoranye n’umusore. Nk’uko byumvikana muri aya majwi, uyu mukobwa utaramenyekana, aba avuga mu buryo burambuye ibyo umusore yamukoreye igihe bateraga akabariro, anabwira mugenzi we ko yaryohewe ku rwego rwo hejuru. Umva mu…
Imyaka 3 yikurikiranya ikamba rya Miss Rwanda ryegukanwa n’abana babasirikare! Ese Byatewe n’iki? Uko Rwanda Inspiration BackUp ibisobanura
•
Miss Rwanda 2022 irakomanga, Ku ikubitiro abo mu ntara y’Amajyaruguru nibo iheraho. Uko imyaka ishira n’indi igataha niko abarikurikira bakomeza kwiyongera.Uko biyongera niko ibitekerezo mu mboni zabo zitahuriza ku kintu kimwe kuko buri wese aba afite uko abibona. Uko imyaka yagiye ishira n’indi igataha, ntawabura kuvuga ko iri ariryo rushanwa ry’Ubwiza riyoboye ayandi…
Uburyo 12 bworoshye wakoresha wereka uwo wihebeye ko umukunda byahebuje
•
Ntawashidikanya ku byishimo bizanwa n’amahirwe akomeye yo gukundwa n’uwo ukunda. Ariko na none bikavuna umutima iyo utazi uburyo wakwereka umukunzi wawe ingano y’urukundo umukunda. Dore inzira 12 ziryoshye wanyuramo ukereka uwo wihebeye ko umukunda: 1. Reka ingeso yo kwigana abandi Si byiza namba gukoresha uburyo wabonanye abandi bakundanamo ngo nawe ubuzane ku…
Abakobwa: Ibiribwa byoroshye kubona warya bigatuma ugira ikibino kinini kandi giteye neza
•
Muri iki gihe mu Rwanda kugira ikibuno kinini kandi giteye neza ni kimwe mu turanga bwiza tw’umukobwa cyangwa umugore ku buryo abagifite bishimirwa kandi bagakurura cyane abagabo aho cyahawe akabyiniriro k’igisabo. Ushobora kuba wibaza uko wabigenza kugirango ugire imiterere nk’iyi ari byo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru. Baca umugani mu kinyarwanda ngo: Amagara aramirwa…
Ikoranabuhanga mu buvuzi: Elliot Page wihinduje umusore ntawamenya ko yahoze ari inkumi y’akataraboneka – AMAFOTO
•
Umukinnyi wa filime Elliot Page wahoze ari umukobwa w’ikimero ndetse akanakora ubukwe n’umukobwa mugenzi we, akomeje gutungura benshi nyuma yaho yihinduje umusore. Elliot Page wahoze yitwa Ellen Page mbere yo kwihinduza umusore,ni umukinnyi wa filime unazitunganya ukomoka muri Canada agakorera umwuga we muri Amerika, ni umwe mu bakinnyi ba filime bafite izina rikomeye…
Ethiopia yamaze kwikura mu irushanwa rya Tour du Rwanda 2022 – IMPAMVU
•
Ikipe yigihugu ya Eritrea ntizitabira Tour du Rwanda 2022 kuko idashobora kuzuza ibisabwa n’inzego z’ubuzima byasabwe n’abategura iri rushanwa. Ibi byatangajwe ku mbuga nkoranyambaga za Tour du Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Mutarama 2022. Iyi Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 14 igomba gutangira…