AFCON2022: N’ubwo bakoze iyo bwabaga, icyoba ni cyose ku bakinnyi ba Guinea bananiwe gusohoza isezerano bahaye perezida wabo
•
Barazibandwa bazerekeza he? Magingo aya abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Guinea bayobowe na kapiteni Naby Keita wa Liverpool, bari kubunza imitima batekereza ubusobanuro baha Perezida w’iki gihugu wabatumye muri Cameroun kuzana igikombe byakwanga bagasubiza amafaranga yose batanzweho bategurwa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Mutarama, Guinea yasezerewe mu gikombe cya…
Jin Joseph ukomoka muri Korea y’epfo yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 kubera amanyanga yakoreye umunyarwanda
•
Umugabo witwa Jin Joseph ukomoka muri Korea waregwaga icyaha cyo Gukoresha inyandiko mpimbano, nyuma yo kujurira kikongera kumuhama yakatiwe gufungwa imyaka 5 no kwishyura ihazabu ya miliyoni 3 Frw. Muri Werurwe 2021 Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari rwahamije uyu Munyakoreya icyaha yari akurikiranyweho rumukatira igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya Miliyoni eshatu (3,000,000…
Biden yasabye imbabazi umunyamakuru yise ikinyendaro
•
Joe Biden, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye imbabazi umunyamakuru Peter Doocy wa ‘FOX’ yise “Stupid Son Of bitch” nyuma yo gusubiza ikibazo yari abajijwe cy’icyo leta iteganya gukora mu rwego rwo guhangana n’itakazagaciro (Inflation) ry’amadorari y’America n’izamuka ry’ibiciro. Aya magambo ya Perezida yaje mu gihe abanyamakuru bavugiraga mu kavuyo ibibazo…
Umugabo yabengeye umukobwa mu bukwe bapfuye indirimbo yasabye DJ akayibyina
•
Umugabo yatandukanye n’umugore we nyuma y’uko asabye indirimbo bari kwiyakira nyuma y’ubukwe akayibyina mu buryo budasanzwe bigatera umwuka mubi mu muryango. Aba bashakanye bashyizeho agahigo gashya k’abantu bamaranye igihe gito barushinze kuko nyuma yo gutongana kw’imiryango bari mu kwiyakira mu mujyi wa Baghdad muri Iran,umusore yabwiye umukobwa ko ibyabo birangiye. Nk’uko amakuru…
Dore amakosa 6 akomeye ukwiye kwirinda gukora mu rukundo kuko yaguta mu rwobo utazikuramo
•
Mu rukundo bitewe n’ubumenyi n’uburambe buke, abantu bamwe na bamwe usanga bakora amakosa akomeye batabizi. Niba ukunze umuntu buhumyi ntushyiremo ubwenge, ushobora kuzisanga mu rwobo utazapfa kwivanamo ubitewe no gukora amakosa nyamara wowe uzi ko uri mu nzira nziza. Aya ni amakosa ugomba kwirinda hakiri kare mu rukundo rwawe rwa buri munsi: …
Abakobwa: Ubona umusore mukundana atinda kugushyira mu mago? Kurikiza izi nama urebe ngo aribwiriza mu gihe gito cyane
•
Abakobwa benshi usanga bakunze guhangayikira igihe bazakorera ubukwe bigatuma bakora iyo bwabaga ngo abasore bakundana babashake nyamara rimwe rimwe ntibikunde. Mukobwa menya icyabigufashamo. Ibintu 15 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro ku mukunzi we, akabasha kunogera no kwishimirwa n’umusore bakundana ku buryo amwifuzaho kuba yamubera umufasha: 1. Gerageza kugaragara neza uko ushoboye kose…