Rubavu: Agahinda k’umugore wamaze imyaka 15 nta kana yabyara akabyara umwana utagira uruti rw’umugongo
•
Umubyeyi wa Nishimwe Isaac, utuye mu Karere ka Rubavu washatse umugabo akaza kumara imyaka 15 yose ataratwita ngo abe yabona umwana abayeho mu buzima bubi we n’umwana we utagira urutirigongo ndetse akaba afite n’ubumuga bw’amaguru. Uyu mubyeyi wavuganye agahinda gakomeye ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa InyaRwanda dukesha iyi nkuru, yatangaje ko yababajwe cyane n’umugabo…
Dore uburyo 11 gakondo wakoresha wivura imiburu(ibiheri) yo mu bwanwa, mu nsya no mu ncakwaha
•
Imiburu cyangwa ibiheri biza nyuma yo kogoshwa ni ikibazo gihangayikisha abantu bose muri rusange, ikunze kuza nyuma y’iminsi micye umuntu yogoshwe cyangwa yiyogoshe bwaba ubwanwa, umusatsi, insya cyangwa incakwaha. Gusa abo bikunze kuzahaza cyane ni abagabo mu bwanwa dore ko uruhu rwo ku itama rudakomeye nk’urwo ku mutwe. Ibiheri byo mu bwanwa hari…
Uburyo bwiza wakweraka umugabo ko umwishimira kandi umukunda cyane
•
Iyo umugabo mwashakanye umwishimira ukifuza kubimugaragariza hari uburyo bwinshi ubinyuzamo. Bamwe batekereza ko uburyo bwiza ari ukubibabwira, abandi bakabyandika ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi. Uburyo bwose wakoresha iyo bikuvuye ku mutima buba bwiza, ariko hari ububa bwiza kurushaho butuma umugabo aha agaciro kuba umwishimira nk’uko bitangazwa n’urubuga Elcrema: Gushaka guhinduka Abagore bamwe…
Abubatse: Dore ibyo wakorera umukunzi wawe bigatuma urukundo rwongera kugurumana
•
Bibaho ko abashakanye bagezaho bagasa nk’aho urukundo rwabo rwakonje, kuburyo batagize icyo babikoraho bishobora kubasenyera urugo. Ibikurikira ni bimwe mu bintu wakorera uwo mwashakanye igihe ubona ko urukundo rwanyu rwatangiye gukonja, rukongera rugasubira bushya rugashyuha: 1. Kumukorera akantu keza umutunguye Niba mumaze igihe mudacana uwaka hagati hanyu, si byiza ko mwese mukomeza…
Isaha yo kugera mu rugo yashyizwe saa sita z’ijoro – IMYANZURO Y’INAMA Y’ABAMINISITIRI
•
Inama y’Abaminisitiri yateranye uyu munsi tariki ya 28 Mutarama 2022,yemeje ko isaha abantu basabwa kuba bageze mu ngo ari saa sita z’ijoro mu gihe amakoraniro n’abafana ku bibuga nabyo byakomorewe. Mu myanzuro mishya ikurikiye iyatangajwe ku wa 14 Ukuboza 2021,hahinduwemo kuzamura amasaha yo kugera mu rugo aho yakuwe saa yine ashyirwa kugera saa…
Ibigaragaza ko umusore mukundana nta rukundo rw’igihe kirekire aguteganyaho
•
Buri wese aba yumva iteka yaba mu rukundo rurambye byaba byiza rukazavamo kubana n’uwo yihebeye, bakabana akaramata. Hari igihe umukobwa akundana n’umusore ariko urukundo uwo musore amukunda atari ururambye. Hari bimwe mu bimenyetso bigaragaza mwene uwo musore ugukunda urukundo rutazaramba nk’uko urubuga Elcrema rutanga inama mu rukundo rwabitangaje: 1. Buri gihe iyo…