Abakobwa: Dore ibanga wakoresha ukabona umukunzi mu byumweru 3 gusa
•
. Uko wabona umukunzi mu gihe gito cyane . Ibyo wakora ugatuma abasore bakwiyumvamo vuba . Ibyagufasha Kubona Umukunzi Byihuse Ese urashaka umukunzi vuba cyane? Urashaka umuntu muzasohokana vuba mu byumweru 3 gusa biri imbere ? Hari impamvu nyinshi zishobora gutuma wumva ushaka umukunzi vuba. Hari uburyo wakoresha rero ukaba wabasha guhura n’umuhungu mwiza mugatangira…
Bwa mbere mu mateka yayo, Polisi ya Newyork igiye kuborwa n’umugore w’umwiraburakazi – Amafoto
•
Umugore witwa keechant Sewell, niwe wa mbere wahawe inshingano zo kuba umuyobozi wa polisi (NYPD) y’uyu mujyi munini muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Sewell mu myaka 23 ishize, yakoranye n’ishami rya polisi rya Nassau, akaba yarakoraga mu biyobyabwenge n’ibice bikomeye by’imanza, ndetse yanakoze nk’umupolisi w’ibanga muri New York. Yazamuwe kuba umuyobozi…
Impyiko zawe ziri mu kaga gakomeye niba wibonaho ibi bimenyetso. Gana muganga hakiri kare
•
. Ibimenyetso byakwereka ko impyiko zawe zirwaye . Ibiranga impyiko zatangiye kurwara . Ibimenyetso ugomba kwitondera kuko bishoka ko waba urwaye impyiko Impyiko ni igice cy’umubiri cy’ingenzi cyane. Akamaro kazo ni ugukura imyanda mu mubiri binyuze mu kwihagarika. Izi mpyiko nizangirika rero bizagushyira mu kaga gakomeye cyane. Impyiko ziba imbere mu mubiri, ntabwo…
Umugore yaciye inyuma umugabo we akubitwa n’inkuba atarasoza igikorwa
•
. Umugore yapfuye arimo guca inyuma umugabo we . Bakubiswe n’inkuba barimo gusambana umugore ahita apfa . Umugore yibese umugabo ngo atere akabariro n’undi mugabo akubitwa n’inkuba arapfa . Umugabo n’umugore bakubiswe n’inkuba barimo gutera akabariro Hari igihe abari mu gikorwa cyo gucana inyuma bagaragara mu buryo bubabaje kandi butangaje, hari abafatwa na Camera…
Yubatse Hoteri itangaje mu nyanja akoresheje amacupa ya pulasitiki asaga ibihumbi 700 yatoraguraga bamuha urwamenyo – AMAFOTO
•
Mu gihugu cya Côte d’Ivoire hari umugabo witwa Eric wubatse hoteli mu nyanjya akoresheje amacupa ya pulasitiki agera ku bihumbi magana arindwi yatoraguye ku nkombe z’inyanja. Kurara muri iyi hoteli bisaba kubanza kwishyura $100 ni ukuvuga asaga 100,000 Rwf mu ijoro rimwe gusa. Iyi hoteli yubakishijwe amacupa yatoraguwe n’uyu mugabo ku nkombe z’inyanja…
Rusizi: Abageni bari bamaze iminsi mike barushinze bahiriye mu nzu umugabo yitangira umugore we utwite ngo adashya
•
Umugabo witwa Ngabonziza Eric n’Umugore we Icyimanizanye Jeannette bari bamaze iminsi mike bashyingiranwe bahiriye mu nzu bakodeshaga ariko abaturanyi batabara batarapfa bajyanwa kwa muganga. Aba bombi bari batuye mu mudugudu wa Munyinya wo mu kagari ka Gihundwe mu murenge wa Kamembe mu karere ka Rusizi bahuye n’uruva gusenya kuko ibyo bari batunze byose…