Umugore yakubise umugabo icupa mu mutwe arawumena bapfa kumukora ku ibere none ararira ayo kwarika kubera ibyamubayeho – Video
•
. Umugore yakubise icupa umugabo wamukoraga ku mabere umutwe arawumena . Nyuma yo gukubita umugabo wamusagariraga yatewe n’ibisambo biramwiba biramucucura . Uwase Carine ararira ayo kwarika nyuma yo gukubita icupa umugabo Mu Karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umugore witwa Uwase Carine waraye acucuwe ibintu byose byo munzu aho yacururizaga inzoga, akaba avuga intandaro yibi…
Bugesera: Umugore yafashwe agiye kwiyahura nyuma yo kwanduza umugabo we SIDA – VIDEO
•
. Yanduje umugabo we SIDA . Yari yafashe icyemezo cyo kwiyahura kuko yahemukiye umugabo utarigeze amutenguha Umugore uri mukigero cy’imyaka 30 y’amavuko witwa Uwizeye Cecile yafashe umwanzuro yo kwiyahura muri Nyabarongo abitewe nuko ngo yanduje umugabo we virusi itera SIDA kandi umugabo we ntakibi yamukoreye. uyu mugore akaba yatangiriwe b’ababntu bamubuza gukora ibyo yari…
Abakobwa: Ibimenyetso byakwereka ko umusore mukundana akubangikanya n’abandi bakobwa
•
. Ibimenyetso biranga umusore utendeka . Uyu musore araheheta niba umubonaho ibi bimenyetso . Nabwirwa n’iki ko umusore dukundana antendeka? Ni kenshi wibaza niba koko ari wowe wenyine akunda, cyagwa se ugatekereza ko umusore mukundana ashobora kuba agutendeka. “Player” ni ijambo ry’icyongereza rikunda gukoreshwa cyane ku basore batajya bahama hamwe mu rukundo, bahora bashaka…
Alain Mukurarinda na Emma Claudine bahawe imyanya ikomeye muri guverinoma
•
. Emma Claudine Yahawe Umwanya Ukomeye . Alain Muku Yagizwe Umuvugizi Wungirije Wa Guverinoma . Emma Claudine Ntirenganya yagizwe umusesenguzi mu bijyanye n’itumanaho Umuhanzi akaba n’umunyamategeko Alain Mukurarinda, wigeze no kuba Umushinjacyaha n’Umuvugizi w’Ubushinjacyaha, yagizwe Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda mu gihe Umunyamakurukazi Emma Claudine Ntirenganya yagizwe umusesenguzi mu bijyanye n’itumanaho kuri gahunda za…
Yaciwe amaguru yombi nyuma yo kurumwa n’imibu ubwo yari muri Afurika
•
. Umubu watumye acibwa amaguru yombi . Umugore ahamya ko yabuze amaguru ye kubera umubu wamurumye Umugore ukomoka muri Australia w’imyaka 52, Stephenie Rodriguez, yavuze uburyo yaciwe amaguru yombi nyuma y’uburwayi yamaranye amezi 18,bwaturutse kuri malariya idasanzwe yatewe n’umubu igihe yasuraga Lagos, muri Nijeriya. Muri raporo ya Sydney Morning Herald, uyu mubyeyi usanzwe…
Dore amwe mu marenga y’urukundo umubiri w’umukobwa urimo guteretwa ukora n’ubusobanuro bwayo
•
. Ibimenyetso umukobwa urimo guteretwa akora . Igisobanuro cy’amarenga umukobwa aca igihe arimo guteretwa . Nubona ibi bimenyetso mu gihe urimo gutereta umukobwa uzamenye icyo bisobanuye Mu rukundo hari byinshi bikorwa ariko bikabanzirizwa n’imvugo zitandukanye. Hari ubwo rero umuntu ashobora kuguha ubutumwa muri iki gihe nyamara we atigeze abumbura umunwa we ngo akuvugishe ahubwo…