Umusore Yashyize Ku Isoko Impyiko Ye Kugirango Abone Inkwano Yaciwe No Kwa Sebukwe
•
. Umusore yaciwe miliyoni n’igice y’amashillingi ya Kenya kugirango ashyingiranwe n’umukunzi we . Umusore aragurisha impyiko ye kugirango abashe kwishyura inkwano . He is selling his kidney to pay a dowry . Yaciwe inkwano y’asaga miliyon 13 z’amanyarwanda Umugabo ukomoka muri Kenya yashyize ku isoko impyiko ye imwe kugira ngo abone akayabo ka miliyoni…
Atletico Madrid yatumye Tombola ya 1/16 cya UEFA Champions League isubirwamo
•
Ishyirahamwe n’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) ryatangaje ko bitewe n’amakosa yabayeho muri tombola y’uko amakipe azahura muri 1/8 muri Champions League, iyi tombola iza gusubirwamo. Nyuma y’aho Tombola ya mbere irangiye ariko hakagaragaramo amakosa 2 mu dukangara,Atletico Madrid yari yatomboye Bayern Munich yahise iba iya mbere itanga ikirego bituma UEFA yemeza ko tombola…
Abasore: Itondere umukobwa mukundana niba akubeshya ibi binyoma
•
. Umukombwa ubeshya ibi binyoma ukwiye kumwitondera cyane . Dore abakobwa bo kwitondera mu rukundo Mu rukundo abenshi bazanwa n’ikintu bagushakaho cyangwa icyo bashaka kugeraho. Hari abaza bashaka kugushimisha, kukubabaza, kugusigira urwibutso, kukumenya, kukwigisha urukundo n’ibindi. Hari igihe ukundana n’umukobwa nyamara we afite ibindi agushakaho bityo akajya akubeshya kugira ngo mugumane kugeza abonye icyamuzanye.…
Dore amabanga 12 yagufasha gukundwa no kwishimirwa birenze n’umukunzi wawe akakugira uw’ibihe byose
•
. Ibintu byagufasha gukundwa birenze . Icyo wakora ukishimirwa n’umukunzi wawe . Uburyo bworoshye wakoresha ukanyura umukunzi wawe . How to make a man love you more? . How to make a girl more attracted to you? Si buri muntu wese wifuza gukundwa ugira amahirwe yo gukundwa. Gukundwa ni ikintu gikomeye cyane kandi kugira…
P-Fla yababaje abafana be i Rusizi nyuma yo kwimwa ibiryo
•
. P-Fla yakoze agashya kubera ko atahawe ibiryo . P-Fla yanze kuririmba mu gitaramo kubera ko batinze kumugaburira . Kubura ibiryo byatumye P-Fla asubika igitaramo Umuraperi uri mu bagisigasiye injyana ya Hip Hop mu Rwanda, P-Fla, yakoreye amateka mabi mu karere ka Rusizi mu murenge wa Bugarama aho yari afite igitaramo aza kwivumbura ntiyajya…
Dore amabayeri 6 umugabo akoresha bigatuma umugore amwisabira ko batera akabariro
•
. Uko wafasha umugore kwinjira mu gikorwa cy’akabariro . Uko wategura umugore wawe Abagabo bose ntabwo bafite ubushobozi bwo kugusha neza abagore by’umwihariko iyo bigeze ku mabanga yo mu gitanda. Igitera abagore kudafata iya mbere mu gutera akabariro ni uko nta bihe byiza baba bayigiriramo. Mugabo dore uburyo wateguramo umugore wawe ubutaha akajya aguhamagara…