Yisanze agiye gusambanira na se mu icumbi ry’akabyiniro – UBUHAMYA BUBABAJE BWA BETTY
•
. Umukobwa yatanze ubuhamya bw’ukuntu yisanze muri Lodge agiye gusambana na se . Betty yaguzwe na se umubyara ngo baryamane Uyu mukobwa witwa Betty Kamau w’imyaka 33 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Kenya, yahishuye uko kwisanga muri Lodge agiye kuryamana na Se umubyara byatumye areka burundu umwuga w’Uburaya. Uyu mugore avuga ko kuva afite…
Reba ibintu bibabaje cyane byabaye ku mugore nyuma yo gutangariza kuri Youtube uko akora umwuga w’uburaya
•
. Yavuze ko ari indaya yicuruza kuri Youtube bimuviramo kwangwa n’abana yibyariye . Umumama ararira ayo kwarika nyuma yo gushyira ubuzima bwe kuri Youtube . Ntakivugana n’abana kubera ko yatangaje ko ari indaya Umugore wo mu Murenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, ari kuririra mu myotsi nyuma y’uko ashutswe n’abasore babiri bafite shene ya…
Wihangayika: Dore impamvu ingano y’igits1na(kirekire cyangwa kigufi) ntaho ihuriye no kunezeza umugore mu buriri – uBUSHAKASHATSI
•
. Ese Ingano y’igitsina cy’umugabo ntaho ihurira no gukora imibonano mpuzabitsina neza? . Ntibazakubeshye ingano y’igits1na ntaho ihuriye no kwitwara neza mu kabariro . Kuryoshya imibonano ntaho bihuriye no kugira ubugabo bunini . Icyo umugabo yakora igihe afite igitsina kigufi Bamwe mu bagabo, usanga bagira impungenge z’ingano y’igitsina cyabo bakakigaya ubuto, ugasanga bibaviriyemo kubura…
Umugore yakubitiye umugabo kuri televiziyo abantu bagwa mu kantu – VIDEO
•
. Umugore yakubise urushyi umugabo we kubera kuvuga ko agira umwanda . Abantu batunguwe nyuma y’uko umugore akubitiye umugabo mu kiganiro kuri televiziyo Umugore wo muri Ghana we n’umugabo we ubwo bari mu kiganiro byaramunaniye kwihangana, maze akubita urushyi umugabo we abanyamakuru n’abatumirwa bose baraho barumirwa. Ibibazo by’aba bombi byahinduye isura kuri Radiyo bari…
Akamaro gatangaje ka siporo ya KEGEL ifasha abagabo gutinda mu kabariro ndetse n’abagore kuryohereza abagabo n’ibindi byinshi
•
Kegel ni sport twakita siporo yo kunyunya. Aha uyikora aba anyunyira imikaya y’igice giherereye hagati y’amatako n’urukenyerero, ni ukuvuga ahaherereye imyanya ndangagitsina. Habaho siporo zitandukanye kandi buri siporo ikaba ibereyeho gutuma umubiri ukora neza ndetse nyirawo akagira ubuzima bwiza. Nubwo abazi iyi siporo bazi ko ari siporo y’abagore gusa ariko n’abagabo ibagirira akamaro…
Dore amagambo 8 abantu bakoresha bakuryarya ntubimenye cyangwa ntubihe agaciro kandi bikwangiriza ubuzima
•
Ijambo kuryarya nta hantu na hamwe rihurira n’ikintu cy’ukuri. Iri jambo rikunze gukoreshwa bitewe n’uko umuntu ari kwitwara kuri mugenzi we, nk’iyo ari kukuryarya afite icyo agushakaho. Muri iyi nkuru urasangamo andi magambo abantu bakoresha mu buryo bubi bagambiriye inabi kuri wowe. Umuhanga waminuje mu bijyanye n’imibanire mibi n’ihohoterwa mu miryango Sharie Stines wo…