Reba ibintu 3 ushyira mu maso bikangiza uruhu rwaho cyane ndetse uburanga bwawe bukahangirikira
•
Hari ibintu usanga abantu barishyiriyeho bavuga ko bituma umuntu akira ibiheri no kugira uruhu rwiza ndetse bigakwira mu bantu bakabifata nk’ukuri kandi ataribyo. Ibyo bintu akenshi iyo bishyizwe ruhu rwo mu maso ushobora gukira ariko ukiteza ibindi bibazo. Dore ibintu 3 utari uzi ushyira mu maso bikangiza uruhu: 1. Umuti wo koza…
Ibintu 11 abagore bafata nk’ibisanzwe nyamara bibatera kutarangiza mu gihe cy’akabariro
•
Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina usanga akenshi umugabo arangiza naho umugore akaba niho atangiye kumva ubushake bwiyongereye. . Impamvu zitera umugore kutarangiza igihe cy’akabariro . Ibintu abagore bakora batabizi bikabangamira akabariro Mu gihe iyo umugabo arangije birangwa no gusohora, ntabwo umugore we iyo arangije ari ngombwa ko hari igisohoka ahubwo kuri we…
Waruziko: Dore ibyago 5 bikomeye bishobora guterwa no Guhagarika gutera akabariro igihe kirekire. Icya 2 n’icya 4 ni ibyo kwitondera
•
Gutandukana, ingendo z’akazi za kure, kwiga, ni bimwe mu mpamvu zinyuranye zishobora gutuma umara igihe udakora imibonano. Nyamara kandi na none hari igihe bitwara igihe kinini utagikora imibonano, ibi bikaba bigira ingaruka zitari nziza ku buzima nubwo benshi batabitekerezaho cyangwa se batari babizi. . Ingaruka zikomeye ziterwa no guhagarika gutera akabariro igihe kirekire .…
Umukobwa yasize umurambo wa se mu nzu ariruka batangira kumushakisha bagira ngo yagiye kwiyahura naho yagiye gusambana
•
Ubusanzwe gutakaza umuntu agatabaruka birababaza cyane, ariko igitangaje ni uburyo umukobwa yafashwe ari gusambana ataye umurambo wa se mu nzu mu gihe abandi bari mu kababaro n’amarira menshi batewen o kubura umuntu mu muryango. Umukobwa ukiri muto wo muri Malawi yatunguye abantu i Blantyre mu gace ka Machinjiri nyuma yo gufatwa asambana n’umukunzi…
Umwana W’imyaka 10 Akenera Abagabo 4 B’inkorokoro Bamuheka Buri Munsi Kugirango Abashe Kugera Ku Ishuri
•
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 y’amavuko ufite ibiro 335, se yagaragaje imbogamizi ahura nazo kugira ngo amugeze ku ishuri abashe kwiga nk’abandi aho byamusabye gukoresha ingobyi nk’iy’abarwayi amutwaramo ndetse akaniyambaza abagabo bane b’inkorokoro. . Ajya ku ishuri bamuhetse mu ngobyi . Umwana w’imyaka 10 afite ibiro 335 Umubyeyi w’uyu mwana muto wo muri Nigeria…
Biratangaje: Inkumi yabonye akazi ko gukora mu ndege nyuma yo kujya mu kizamini cy’akazi nta butumire yahawe
•
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’umukobwa witwa Uche Anaekwe uri mu byishimo nyuma yo guhabwa akazi yabonye mu buryo butangaje. Uche yafashe icyemezo ajya ahatangirwaga ikizamini cy’akazi nta butumire yahawe nk’abandi ku bw’amahirwe atoranywa mu bahawe akazi. Abantu bakunda kuvuga ko icyawe ntaho cyijya, ibi ni byo byabaye ku nkumi yo mu…