Judith yahishuye byinshi ku rukundo rwe na Safi Madiba wahoze ari umugabo we
•
Niyonizera Judith wakoze ubukwe n’umuhanzi Safi Madiba bikavugwa ko yateye gapapu Umutesi Parfine wari usanzwe ukundana n’uyu muhanzi, avuga ko atazi uyu mukobwa ndetse bataranahura, gusa ngo nyuma y’ubukwe baje kuvugana kuri telefoni. . Urukundo rwa Safi Madiba na Judith Niyonizera . Ese Koko Safi yari akurikiye amafaranga na Visa? Judith yagarutse ku mubano…
Impamvu 6 zituma umukobwa mwakundanye ashobora kukugarukira mu gihe mwashwanye. Impamu ya 3 n’iya 4 ni izo kwitondera
•
Kubona abantu bakundana bahagarika urukundo ni ibintu bibaho. cyera kabaye nka nyuma y’amezi n’amezi cyangwa iminsi myinshi ukabona umwe muri bo agerageje kugaruka ari nabwo umwe atangira kwibaza icyatumye bashwana kandi mbere barakundanaga, akibaza impamvu yatumye barekana ndetse bakemera guhagarika urukundo n’uwo bakundanaga kandi atarabyifuza. . Impamvu zituma umukobwa mwakundanye akugarukira . Ibyo…
Bigabanya ibiro bikanongera itoto ku babikora! Menya iby’agaciro umubiri wungukira mu gusomana
•
Gusomana ni ikimenyetso cy’urukundo kuri bamwe, kikaba ikimenyetso cy’imyitwarire mibi ku bandi. Mu muco wa kinyafurika, gusomana byo bisa n’aho ari bishya, ubikoze afatwa nk’umunyamahanga cyangwa se uwataye umuco. Gusa bifite akamaro gakomeye. . Akamaro Ko Gusomana . Inyungu Yo Gusomana Wenda muri iki gihe aho bisa n’ibitangiye kumenyerwa, ni…
Umuryango wa Rwigara urishyuzwa amafaranga asaga Miliyoni 349 FRW
•
Urukiko rw’ubucuruzi mu Rwanda rwanzuye ko Umuryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara ugomba kwishyura miliyoni zisaga 349 y’umwenda utishyuye banki y’ubucuruzi ya Cogebank. . Urubanza rw’umuryango wa Rwigara na COGEBANK . Umuryango wa Rwigara watsinzwe urubanza uregwamo na COGEBANK . Rwigara Adeline yatangaje ko bagiye kujurira nyuma yo kutishimira icyemezo cy’urkiko Abo mu muryangio…
Christian Akomeje Kwibasirwa Kubera Kubenga Miss Mwiseneza Josiane Yambitse Impeta Ariko Se Ni Nde Nyirabayazana?
•
Umunyarwanda yaravuze ngo gukunda utagukunda bisa n’imvura igwa mu ishyamba, Umuhanzi nyarwanda nawe yungamo ngo wirukira ugusiga, maze ugasiga ugusanga. . Christian wari warambitse impeta Miss Mwiseneza Josiane ari mu munyenga w’urukundo n’undi mukobwa . Kuki Christian yabenze Miss Mwiseneza Josiane? . Ese Christian yaba yarigeze akunda Miss Josiane cyangwa hari indi nyungu yari…
Urukundo rwanjye roho yanjye: Dore imitoma 21 wabwira umukunzi wawe ukamukora ku mutima buri munsi
•
Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni ikintu cyiza nawe ubwe aba ategereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho uzasanga avuga ngo nta mukunzi agira cyangwa bikamugora kubaho. Ukwiriye gutuma uwo mukundana abaho yishimye birenze ibikenewe kandi biturutse kuri wowe. Ariko amagambo yawe akaba yuzuye ukuri kuguturutseho. . Imitoma watera umukunzi wawe mu gitongo…