Miss Gasana Darlène yasezeranye n’umukunzi we mu birori bibereye ijisho – AMAFOTO
•
Miss Gasana Darlène uherutse gutorerwa kuba mu nama y’igihugu y’abagore wanabaye Miss Congeniality muri Miss Rwanda 2015 akaba yaranabaye Nyampinga wa Kaminuza y’u Rwanda, ishami ryigisha iby’ubucuruzi n’ubukungu, CBE yahoze yitwa SFB, yarushinze. . Ubukwe bwa Miss Gasana Darlène n’umugabo we Ngeze Christian . Amafoto y’ubukwe bwa Miss Gasana Darlène . Miss Gasana Darlène yatorewe kuba…
Minisitiri Gatabazi utishimiye imisifurire y’umukino wa Kiyovu Sports na Musanze FC yabwiye ikintu gikomeye Min. Aurore Mimosa na FERWAFA
•
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianey, yanenze imisifurire yaranze umukino wa shampiyona wahuje Kiyovu Sports na Musanze FC, ashimangira ko iyi kipe yo mu majyaruguru itabaniwe n’abasifuzi. . Minisitiri Gatabazi yanenze imisifurire muri shampiyona y’u Rwanda . Minisitiri Gatabazi yabwiye ikintu gikomeye mugenzi we wa Siporo . Min. Gatabazi ntiyishimiye uko Musanze…
Birababaje: Umukobwa yateraguwe ibyuma nyuma yo gufata musaza we w’imyaka 18 asambana na nyina w’imyaka 42
•
Umukobwa w’imyaka 19 utuye mu gace kitwa Awoshie mu murwa mukuru wa Ghana, Accra, ari mu bitaro nyuma yo guteragurwa ibyuma byinshi bikozwe na musaza we muto nyuma y’aho asanze ari gusambana na nyina. Urubuga Angelonline.com.gh, iyi nkuru yatangaje abatari bake umukobwa wahawe amazina ya Akos yatanze aya makuru kuri radiyo yitwa Angel 102.9…
Abakundana: Niba mudakorera hamwe mwembi ibi bintu 8 ntimukwiranye
•
Ese ikintu cyo kuba hari abantu baremewe kubana kibaho muri ubu buzima? Ese umuntu ashobora kumara igihe yiruka isi yose ashaka uwo bazabana kandi hari uwo yaremewe kubana nawe? Uko byagenda kose hari ibigaragaraza ko mwaremewe kubana. . Ibimenyetso byakugaragariza ko ukwiranye n’umukunzi wawe . Ibintu abakundana bakorera hamwe byanze bikunze . Niba mutabasha…
Zari Hassan yahishuye ukuntu yakubiswe azira guterekera abagabo amaso
•
Icyamamare Zari Hassan uzwi nka The Boss Lady mu myidagaduro, yahishyuye agahinda yigeze guterwa n’umugabo we nyakwigendera Ivan Ssemwanga aho bakundwakazanyaga ariko rimwe na rimwe bakarwana bikomeye. . Zari Hassan yahishuye uburyo yakubitwaga na Ssemwanga azira kurebana n’abagabo . Zari yashyize hanze agahinda yigeze guterwa n’uwari umugabo we . Zari yakubiswe azira gutereka amaso…
Abasore gusa: Witwaye muri ubu buryo biragoye kugira ngo hagire umukobwa ukwima urukundo
•
Ni kenshi usanga umuhungu yakunze umukobwa ariko akabura aho abihera abimubwira cyangwa yabimubwira bakamukurizaho bimwe ab’ubu bita “gutera indobo”. Burya umuntu aterwa indobo kubera uburyo yitwaye atereta, iyo umukobwa nta gahunda agufiteho ubimenya mbere y’uko umubwira ijambo ndagukunda. Dore ibyagufasha kwitwara neza igihe ugiye gutereta umukobwa uwo ari we wese ntabashe kukwigobotora atavuze…