Abasore: Dore Ibimenyetso Byakwereka Ko N’ubwo Uyu Mukobwa Umukunda We Adakururwa Na We Ndetse Atanagukunda Na Gato
•
Ntabwo turaca kure muri iyi nkuru, turarasa ku ngingo. Niba umukobwa akora ibi bintu, ntabwo akwiyumvamo nta n’ubwo akururwa nawe, shaka izindi nzira ucamo. . Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa atakwiyumvamo . Uyu mukobwa ntagukunda na gato 1. Niba uburyo muvugana budafashije, ukaba ubona adashishikazwa nawe, kuba yaguhamagara, kuba yaguha umwanya, kuba wamubona igihe…
Ihindagurika ry’ikirere ririmo guteza gatanya mu nyoni za albatross – Ubushakashatsi bwahishuye byinshi kuri zo
•
Iyo umubano hagati y’abashakanye urangiye, bishobora guterwa n’uko ikibatsi cy’urukundo cyazimye, cyangwa bikaba byaterwa no kuba batakibonerana akanya. . Inyoni ziri gukora gatanya ku bwinshi . Inyoni zirimo gutandukana kubera ihindagurika ry’ikirere Ariko se ihindagurika ry’ikirere rishobora gutuma habaho gutandukana? Birashoboka, nkuko bikubiye mu bushakashatsi bushya buvuga ko inyoni zo mu bwoko…
Umugore yashyingiranwe n’inka kubera ko yizera ko umugabo we yayizukiyemo – AMAFOTO
•
Umugore yashakanye n’inka nyuma yo kumusoma bigatuma yizera ko iyi nyamaswa ari umugabo we wapfuye wongeye kuzuka akaza muri roho y’iyi nka. . Umugore yashakanye n’inka avuga ko umugabo we yayizukiyemo . Umukecuru yakoze ubukwe n’inka ifite isura y’umugabo we Amashusho adasanzwe yashyizwe hanze, yerekanye madamu Khim Hang w’imyaka 74, ari mu ’byishimo…
Waba Ufite umukobwa ukunda ariko we akaba atabikozwa? Dore amabanga 4 yagufasha kwigarurira umutima we mu gihe gito
•
Rimwe na rimwe twibwira ko kwiyegereza umukobwa bigoye ariko hari uburyo ushobora kubitwaramo maze ukabona ko byoroshye kugira ngo umwiyegereze kabone n’ubwo we yaba atakwiyumvamo gusa birangira akwemeye. . Amabanga yagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa ukunda . Icyo wakora ugakundwa n’umukobwa wakunaniye Uburyo witwara imbere y’umukobwa ndetse n’uburyo muganira bishobora gutuma umukobwa yifuza…
Abakobwa: Ntuzemerere umusore kugukora kuri ibi bice kuko n’ubwo bifatwa nk’ibisanzwe byatuma wisanga mwateye akabariro kandi utabiteganyaga
•
Ubusanzwe igitsinagore ni impano ikomeye Imana yahaye abagabo. Biragoye ko wabona umugabo udakururwa nabo cyangwa utifuza umukobwa uko yaba ameze kose. . Dore ibice ugomba kurinda umusore gukoraho niba udashaka gutera akabariro na we . Urabe maso niba umusore atangiye kugukora kuri ibi bice . Ibice byuzuye uburyohe ku mubiri w’umukobwa . Amayeri abasore…
Reba udukoryo twaranze umukino Rayon Sports yatsinzemo etoile de l’Est wanavugishije benshi kubera imisifurire
•
Nyuma yo gutsindwa na APR FC mu mukino w’abakeba ibitego 2-1, Rayon Sports yihimuye kuri Etoile de l’Est iyitsinda igitego 1-0 cyabonetse mu minota ya mbere gitsinzwe na Manace Mutatu, mu mukino yarengeje umubare w’abakinnyi bemerewe gusimbuzwa mu minota 90. Rayon Sports yabonye igitego ku munota wa gatandatu ku ishoti rikomeye ryatewe na…