Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Igisobanuro n’inkomoko y’izina Frank ndetse n’uko abaryitwa bitwara

    Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, InyaRwanda yafashe icyemezo cyo kujya ibagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Frank, Franky, Frankie, Frankly, Franklin ni amazina akomoka ku izina Francis (François) bisobanura umunyakuri. Bimwe mu biranga uwitwa Frank: Ni umuntu w’umunyakuri, ukoresha ubushobozi bwe bwose mu kuyobora,…

  • Abasore:Ntuzabure ubwenge! Dore ibimenyetso 7 byakwereka ko umukobwa agushaka cyane

    Kenshi cyane abagore n’abakobwa batinya kuvuga ibyiyumviro byabo ku basore cyangwa abagabo bakunda, rimwe na rimwe bakanatekereza ko nibabivuga abo basore barahita babanga, kuko benshi mu basore ntibakunda abakobwa cya abagore babiteretera. Rero hari ibintu bimwe na bimwe abagore cya abakobwa bakunze kugaragaza nk’ibimenyetso byuko bashaka kugirana umubano n’umusore runaka. Bimwe ni ibi:  1.…

  • Uwapfiriye mu muvundo w’abaje mu kwiyamamaza kwa Perezida Kagame yashyinguwe n’abarimo abasenateri

    Ku irimbi rusange rya Rugerero, Senateri Dr Sindikubwabo Jean Nepomuscene na Senateri Mureshyankwano bifatanyije n’umuryango wa Ahishakiye Mutoni n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, mu muhango wo kumusezeraho no kumushyingura, nyuma y’uko arangije urugendo rwe hano ku isi. Umuhango wo kumushyingura witabiriwe n’intumwa z’ubunyamabanga bukuru bw’ Umuryango wa RPF INKOTANYI ku rwego rw’Igihugu, intumwa z’Intara y’Iburengerazuba,Inzego…

  • APR FC yaguze umukinnyi ukomeye wo muri Ghana

    Ikipe ya APR FC biravugwa ko yamaze gusinyisha umunya-Ghana Richmond Lamptey wakiniraga Asante Kotoko y’iwabo amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi w’imyaka 27 y’amavuko asanzwe akina hagati mu kibuga ariko afasha ba rutahizamu. APR FC ngo yaba yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri nk’uko umunyamakuru Micky Jnr uri mu bakomeye mu gutangaza amakuru yo ku isoko yabitangaje.…

  • Dore ibice 4 umukobwa abayifuza ko ukoraho igihe murikumwe ariko akaba atabikubwira

    Akenshi iyo umuhungu n’umukobwa bari mu rukundo cyangwa bari guteretana, bahana umwanya cyane ku buryo ushobora nko gusanga mu cyumweru baba bafite nka masaha 80 yo kuganira 30 muri ayo masaha ugasanga akenshi baba barikumwe imbona nkubone. Mu gihe umukobwa n’umuhungu barikumwe akenshi ibiganiro byabo babikora begeranye ndetse banakoranaho. Mu gihe bari kugirana ibiganiro…

  • Imbangukiragurabara ‘Ambulance’ y’Ibitaro bya Kaduha yari irimo abantu 5 yakoze impanuka ikomeye irenga umuhanda

    Kuri iki cyumweru tariki 23 Kamena 2024, Nibwo mu Karere ka Nyamagabe, habereye impanuka y’imbangukiragutabara y’Ibitaro bya Kaduha yari ikuye umurwayi ku Kigo Nderabuzima cya Kibumbwe, umushoferi wayo ahita ahasiga ubuzima abandi 4 barakomereka. Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda SP Emmanuel Kayigi yabwiye KigaliToday dukesha iyi nkuru ko iyi mpanuka…