Kagame yagaragaje ko nta gitangaje kiri mu gutsinda amatora 100% anasobanura icyo kwifatanya n’andi mashyaka bisobanuye
•
Perezida Kagame yibukije abanenga Demokarasi y’u Rwanda y’uko atorwa hafi 100% ko ibyo abanyarwanda bakora aribo biba bireba ndetse ko kuba hari bamwe batorwa 15% aribo bari inyuma. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Kamena 2024,uyu mukandida yiyamamarije mu Ngororero ahahuriye abaturage benshi biganjemo abahageze mu rukerera. Mu ijambo yabagejejeho,Paul Kagame yavuze ko…
Kagame yasubije abanenze amashyaka yihuje na RPF Inkotanyi mu matora y’umukuru w’igihugu
•
Umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yashimiye imitwe ya politiki yahisemo gufatanya n’uyu Muryango, ashimangira ko bituma hagerwa kuri byinshi. Ubwo yiyamamarizaga mu Ngororero,umukandida wa FPR INKOTANYI,Paul Kagame yavuze ko iyo abantu bafatanyije bagera kuri byinshi bityo ari byiza ko hari imitwe yifatanyije n’umuryango wamutanzemo umukandida. Ati: “Gufatanya ntabwo ari…
Uko Abanyarwanda bangana kose bazakwirwa mu Rwanda, gusa hari igikenewe gukorwa – Perezida Kagame
•
Paul Kagame yavuze ko u Rwanda atari ruto ku Banyarwanda,nkuko byavugwaga muri politiki ya kera, aho Abanyarwanda bari barahungiye mu mahanga bangiwe gutaha kugeza batashye ku ngufu. Ubwo yiyamamarizaga i Muhanga,Perezida Kagame yavuze ko Politiki y’ubutegetsi bwateguye bukanakora Jenoside yavugaga ko abari hanze mu buhungiro bagombaga kubugumamo ngo kuko u Rwanda rwari ruto. Perezida…
Euro2024: Croatie yasezerewe ku munota wa nyuma n’Ubutariyani
•
Ikipe ya Croatia yatsinzwe igitego ku munota wa nyuma w’inyongera n’Ubutaliyani, isezererwa mu marira mu gikombe cy’uburayi cya 2024 kiri kubera mu Budage. Croatia yamaze iminota 90 kongeraho irindwi mu munani bari bongereyeho inanirwa kurinda igitego yari yatsinze baracyishyura. Luka Modric yatsinze igitego ku munota wa 55 cyahaye ubuzima Croatia ndetse yizera gutsinda uyu…
Ibyo wamenya ku modoka y’agatangaza Perezida Kagame arimo gukoresha mu kwiyamamaza – AMAFOTO
•
Nyakubahwa Perezida Kagame ari kujya kwiyamamaza hirya no hino yitwaye mu modoka nziza cyane kandi yihariye yitwa Armored Urban Land ROVER DEFENDER 110 – ya 2023/2024. Iyi modoka aguze vuba, iri mu zikunzwe n’abakomeye kubera ubushobozi ifite bwo kurira imisozi n’umuvuduko wayo. Nyuma yo kuyigura, Perezida Kagame yayishyizemo ikoranabuhanga ryihariye rituma iba igitangaza kurushaho.…
Shakib asanga mu bagabo bose biruka kuri Zari nta wamugira umugore ndetse avuga ko ari we wenyine umukwiriye
•
Zari The Boss Lady uheruka kubwira Shakib ko niyibeshya akamuca inyuma na we azahita amushakiraho undi mugabo dore ko amategeko y’Afurika y’Epfo abyemera, yibukijwe ko abagabo birirwana nta kindi babamwifuzaho kitari ukumusambanya. Mu kiganiro bagiranye, Shakib mu buryo bweruye yavuze ko abagabo bikurura ku mugore we Zari baba bashaka kumusambanya, ahamya ko nta kindi…