Ibintu ukwiye kwitaho buri gihe niba wifuza kugira ubwonko bukora neza
•
Ubusanzwe ibikorwa dukora buri munsi bigira urahare runini mu mikorere y’ubwonko bwacu Nyamara kandi nkuko abakoresha imbaraga z’umubiri bakenera kurya no kuruhuka kugirango imikorere yabo igende neza, ni na ko ubwonko bukenera ibinyuranye kugira ngo bubashe gukora neza. . Ibyafasha ubwonko bwawe gukora neza . Ibintu wakora ugatuma ubwonko bwawe bukora neza Ibyagufasha…
Urukundo rw’umunyamakurukazi wa Flash FM n’umukobwa mugenzi we rukomeje kuvugisha benshi – AMAFOTO
•
Miss Albina Sydney Kirenga wamenyekanye nyuma yo kuba Miss Popular Elegance Rwanda 2016, akaba kandi ari n’umunyamakuru wa Flash Tv hano mu Rwanda aho akora ikiganiro cyitwa Hype buri wa Gatanu no kuwa gatandatu guhera saa tatu z’ijoro, kuri ubu aravugwa mu rukundo n’undi mukobwa mugenzi we. Mu kiganiro Albina aheruka kugirana n’umunyamakurukazi…
Abasore: Dore abakobwa 6 utagomba guhirahira ngo ushakane na bo kuko wazabaho ubuzima bwawe bwose usa n’uba mu kuzimu
•
Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye. . Abakobwa utagomba gutekereza gushakana na bo . Imiterere y’umukobwa utavamo umugore mwiza . Umukobwa uteye gutya…
Musore, Ntuzigere wingingira umukobwa mukundana kugukorera ibi bintu kuko wazicuza ubuzima bwawe bwose
•
Musore na we mugabo menya ibyo utagomba kwingingira igitsinagore kuko ushobora kuzicuza ubuzima bwawe bwose. . Ibyo ugomba kwirinda mu rukundo kugirango utazicuza . Uzirinde kwingingira umukobwa ukunda kugukorera ibi bintu 1. Kumwingingira ko mubana Muri rusange abakobwa bose bakunda ubukwe,niba umubwira ibijyanye n’ubukwe akagutera utwatsi wikomeza kubimusaba cyangwa ngo ubimwingingire kuko…
Umuti wa mbere wa SIDA uterwa mu rushinge ugiye gutangira gukoreshwa
•
Abantu ibihumbi n’ibihumbi barwaye Virusi itera SIDA bagiye guhabwa umuti uterwa mu rushinge ukamara igihe kirekire, maze bagahagarika bya binini bahora bafata buri munsi. . Hemejwe umuti uzajya uterwa mu rushinge ukamara igihe kurusha ibinini byafatwaga buri munsi . Umuti mushya wa SIDA uterwa mu rushinge wemejwe Abagiraneza bishimiye cyane uyu muti mushya…
Shaddyboo yashishuye ukuntu yasireyinze ubwo yari afunzwe hamwe n’abahanzi nka King James na K8 ahatwa ibibazo n’abafana
•
Umunyarwandakazi Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo ,yahishuye udushya atazibagirwa yakoreye muri gereza ubwo yari yatawe muri yombi ari kumwe n’abahanzi barimo King James na K8 Kavuyo, mu mvugo ye Shaddyboo yagaragaje ko no mu buroko yasireyinze bikomeye hakabura gusa telephone ngo ajye ku mbuga nkoranyambaga abyereke rubanda. . Shaddyboo yahishuye uko…