Ntibisanzwe: Umugabo yamaze imyaka 62 yose yarigize ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga kubera umugore we
•
Umugabo yigize ufite ubumuga bwo kutumva imyaka 62 kugira ngo yirinde kuvugana n’umugore we batavugaga rumwe. Kugira ngo yirinde kuganira n’umugore we, uyu mugabo yahisemo kwigira ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga imyaka 62. Uyu mugabo uzwi ku izina rya Barry Dawson, afite imyaka 82 y’amavuko kandi akomoka ahitwa Waterbury. Yashakanye na…
Sezera umukunzi wawe iri joro ukoresheje umwe muri iyi mitoma urebe ngo ararara agutekereza ijoro ryose
•
Ubushize twabagejeje ho igice cya mbere cy’iyi nkuru y’amagambo ukwiriye guhitamo iribereye umukunzi wawe ubundi akakurarana mu ntekerezo. Iki ni igice cyayo cya kabiri. 1. Ndifuza kuba ikiringiti cyawe, Ku buryo nakabaye nkufubika ijoro ryose, Ndifuza iyo nzakuba umusego wawe, Ku buryo wakanshyizeho umutwe wawe, Iyo nza kuba ipantalo yawe yo kurarana, nari…
Perezida Kagame yakomoje ku muvuduko w’ibinyabiziga mu mugi wa Kigali na za Sofia bimaze iminsi bivugisha abatari bake
•
Ibi Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yabitangaje ubwo yitabiraga umuhango wo guhemba abitwaye neza mu gutanga imisoro n’amahoro. Ubwo yarasoje ijambo rye, yavuze ko atasoza atavuze ku bimaze iminsi bivugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga bijyanye n’umuvuduko wo mu muhanda, ibyapa ndetse na Camera zitavugwaho rumwe. PEREZIDA KAGAME AGARUKA KUMUVUDUKO WO MUMUHANDA Perezida Paul…
Umwe yaremewe undi kandi muzasazana nta kabuza niba ubona ibi bimenyetso mu rukundo rwanyu
•
Mwaremewe gusazana, kubera ko ibintu biranga umubano mwiza murabyujuje. Ibi bintu tugiye kugarukaho birakwereka ko wowe n’uwo mukundana muri mu nzira nziza ndetse urukundo rwanyu rwubakiye ahazima. . Ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe umukunda bya nyabyo . Ibimenyetso byaguhamiriza ko uwo mukundana muzasazana Wagiye ubona abantu benshi bahuye n’ibizazane mu rukundo rwabo,…
Abakobwa: uburyo bworoshye wakoresha ukarinda umusatsi wawe gupfuka cyangwa gucikagurika
•
Gutakaza imisatsi cyangwa gucika imisatsi ni ikibazo gihangayikisha benshi, dore ko ari ikibazo usangana benshi kandi b’ingeri zose by’umwihariko abakobwa n’ abagore. Imisatsi ni kimwe mu bimenyetso by’ubwiza bw’umuntu, kuyitakaza biba ari ikibazo gikomeye. . Uko warinda umusatsi wawe gupfukagurika . Ibyo wakoresha ugafasha umusatsi wawe gukomera ntucikagurike Hari impamvu zitandukanye zishobora…
Abasore: Rekeraho guhangayika kuko uyu mukobwa aragukunda kandi yakwimariyemo ndetse ntaho ateze kujya kuko agukunda n’umutima we wose. Dore ibimenyetso
•
Abakobwa baragoranye. Ubusanzwe bazwi nk’abantu badapfa kwemera byoroshye, ibihamya bifitwe n’abasore bamwe na bamwe. Ikiba gikenewe ni umusore ushikamye gusa. Biragoye kumenya ikiri mu mutwe w’undi muntu, ariko umukobwa ugukunda uzamubona umumenye kuko hari ibimenyetso bigaragara. . Umukobwa ugukunda bizira uburyarya . Ibyakugaragariza ko umukobwa agukunda kandi yakwimariyemo . Nabwirwa n’iki ko umukobwa ankunda…