Inama ku bashakanye: Dore amakosa 5 ugomba kwirinda uri mu buriri
•
Mu bashakanye ikintu cy’ingenzi cya mbere ni ukubana neza kandi umubano wabo ugakomera ariko ibi ntibyagerwaho mu gihe hari ibitagenda neza mu buriri cyangwa mu gutera akabariro kuko ari ho hahera ibibazo bindi, iyo kuryamana bitagenda neza. Menya amakosa ugomba kwirinda mu buriri uri kumwe n’umugore wawe. . Ibyo ugomba kwitwararika mu buriri…
Abasore: Kora ibi bintu niba umukobwa mukundana ashaka ko mutandukana
•
Muri iyi nkuru turagufasha kumenya icyo wakora mu gihe wamenye ko uwo mukobwa ashaka ko mutandukana. . Icyo wakora mu gihe ubona ko umukobwa ukunda ashaka ko mutandukana . Ibintu 7 wakora mu gihe umukobwa ashaka ko muhagarika urukundo mwari mufitanye . Nkore iki ko umukobwa dukundana ashaka ko dutandukana? 1. Muhe akanya: …
Umugeni yatunguye bikomeye umugabo we ubwo yatambukaga yemye nyuma y’imyaka 11 yose agendera mu kagare – AMAFOTO
•
Muri Amerika habaye ubukwe bw’igitangaza aho umugeni wari washyingiwe yatambutse yemye nyamara yari amaze imyaka 11 agengera mu kagare, nyuma y’aho yakoreye impanuka ikamugira ikimuga. Uyu mugeni akaba yakoze ibi nk’impano yahaye umugabo we ku munsi utazibagirana w’ubukwe bwabo. . Umugeni wari umaze imyaka 11 agendera mu kagare yatunguranye mu bukwe atambuka yemye .…
Bamwe mu batwara ibinyabiziga bashinja Leta gushaka amafaranga mu baturage yifashishije Camera zihishwe zizwi nka Sofia
•
Abatwara ibinyabiziga barimo kwinuba ari benshi ko bari gucibwa amande ’bikabije’, polisi yo ikavuga ko ubu ibikoresho n’abakozi byiyongereye, ko “nudafatwa n’umupolisi ufatwa na camera”. Guhera mu mpera z’icyumweru gishize abantu batangiye kwijujuta ari benshi bagaragaza ko bari kwandikirwa amande na za camera zishobora kuba zarashyizwe n’ahari ibyapa by’umuvuduko ntarengwa wa 40Km/h. …
Kampala: Ibindi bisasu 2 byaturikiye ahantu hatandukanye hafi y’ingoro y’inteko nshingamategeko
•
Mu mujyi wa Kampala habaye guturika kw’ ibisasu 2 ahantu habiri hatandukanye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Kimwe mu biturika cyaturikiye ku muhanda werekeza ku nteko ishinga amategeko iruhande rw’ibiro bya Jubilee Insurance mu gihe ikindi cyaturikiye hafi ya CPS. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Ugushyingo…
Rayon Sports irashaka imodoka nshya kandi igezweho aho kurwana n’iyaboreye mu Akagera – Perezida Uwayezu Jean Fidele
•
Umuyobozi wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele yaciye amarenga ko ikipe ye ishobora kuba yaramaze kurekura Bus yayo yaguze kubera imyenda irimo n’amande ahubwo ngo iri gushaka indi itwara abagenzi igezweho. . Perezida wa Rayon Sports yaciye amarenga ko bus yayo ishobora kutazagaruka . Rayon Sports yasinye amasezerano y’imikoranire na Tom Transfers Kuri…