Umusore akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusaba imbwa ye kwifotoza nka Shaddyboo ikabikora – VIDEO
•
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakomeje gucicikana amashusho agaragaza umusore warurimo gufotora imbwa ye maze akayisaba ko yakwifotoza nkuko Shaddyboo yifotoza. Ni Amashusho yakozwe mu buryo bwa byendagusetsa/urwenya. Ayo mashusho ni aya akurikira:
Umuherwe yashatse parikingi y’imodoka ye yo mu bwoko bwa Benz Mercedes muri banki akoresheje amayeri ahambaye
•
Umugabo uri muri bamwe bazwi nk’aba Maasai, w’umuherwe utunze ama miliyoni atagira ingano, yakoze agashya yishakira parikingi y’imodoka ya Mercedez Benz muri Banki muri Nairobi. Muri Kenya mu murwa mukuru Nairobi, hakomeje gucicikana inkuru y’umu Masai waciye agahigo yishakira umutekano w’imodoka ye ya Mercedez Benz, mbere y’uko ajya mu rugendo yamazemo ukwezi muri…
Cristiano Ronaldo yasutse amarira nyuma y’uko abujijwe amahirwa yo guhita yerekeza mu gikombe cy’isi
•
Ryabaye rimwe mu majoro mabi yabayeho mu mateka ya Cristiano Ronaldo, nyuma yahoo Portugal itsindiwe mu rugo na Serbia ibitego 2-1, bituma idahita ibona itike yo kuzakina igikombe cy’Isi cya 2022, aho biyisaba kubanza guca mu mikino ya kamarampaka (Playoffs). . Cristiano Ronaldo ashobora kutagaragara mu gikombe cy’isi umwaka utaha muri Qatar . Portugal…
Musore, fasha umukunzi wawe kwirirwana ibinezaneza kandi agutekereza umubwira aya magambo meza y’urukundo
•
Amagambo meza ni mugenzi w’Imana. Iyo bigeze ku muntu ukunda uba ugomba gushyiramo akarusho kugira ngo amenye neza ko umutandukanya n’abandi. Inshuti ziba zigomba gutandukana. Nyuma y’amasaha menshi mwembi muryango ntawe uvugisha undi, ubu uyu mukobwa akeneye kukumva. Akeneye kubona inyandiko yawe, akeneye gushimishwa n’uko wamutekereje. Ushobora gufata telefoni yawe ngendanwa ukamuhamagara cyangwa ukamwandikira…
Umukobwa yanze umusore wamukunze akamwishyurira amashuri kugera muri Kaminuza gusa kuva icyo gihe iyo aryamye amuteza ibisimba bikamurya. VIDEO
•
Umukobwa w’umunyarwandakazi witwa MUKANYANDWI abayeho mu buzima buteye ubwoba , aho asigaye aterwa n’ibimonyo bimeze nk’intozi mu buriri bwe, nyuma yaho yirengagije umusore wamurihiye amashuri ariko akamuhemukira akaba yaramurogesheje. . Umukobwa yanze umusore wamurihiye amashuri nawe amuteza intozi . Mukanyandwi ntakiryama kuva yakwanga umusore bakundanaga . Yabenze umusore nyuma yo kumwishyurira amashuri yisumbuye na…
Bijoux wo muri Bamenya yahishuye itariki y’ubukwe bwe
•
Aline wamenyekanye cyane ku izina rya Bijoux akina yitwa muri filime y’uruherekane izwi nka Bamenya Series ,umaze igihe ari mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi Lionel Sentore yatangaje itariki y’ubukwe bwabo. . Bijoux wo muri Bamenya agiye gukora ubukwe n’umudiyasipora . Bijoux agiye kurongorwa n’umusore uba mu Bubirigi . Lionel Sentore na Bijoux bagiye gukora ubukwe…