Abakobwa: Irinde ko umusore agukora kuri ibi bice niba utifuza kuryamana na we bitabaye ibyo ntuzamucika
•
Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore ibafasha gukenera gukora akabariro uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora. . Ntuzatume umugabo agukora kuri ibi bice niba udashaka guterana akabariro na we . Ibice byuzuye uburyohe ntagereranywa ku mubiri w’umugore Ibi bice by’umubiri bigira ubukirigitwa cyane…
KENYA: Bombori bombori mu ikipe y’igihugu Amavubi
•
Nyuma yaho ikipe yu Rwanda y’umupira w’amaguru itsindiwe i Kigali na Mali ibitego 3-0, yahise yerekeza mu gihugu cya Kenya aho izakina umukino n’ikipe ya Kenya. . Rafael York yasubiye muri Sweden . Rafael York ntazakina umukino w’Amavubi na Kenya Amakuru aturuka muri Kenya aravugako umukinnyi Rafael York mu gitondo cyo kuwa Gatandatu yabyutse…
Umumotarikazi w’ikizungerezi yanyeganyeje imbuga nkoranyambaga – AMAFOTO+IBITEKEREZO
•
Mu busanzwe Hari imirimo bivugwako ari iya kigabo hakaba nindi bivugwako ari iya kigore gusa uko isi igenda itera imbere iyo myumvire igenda ishira Ugasanga iyari imirimo ya bamwe isigaye isangirwa na bose. Hari umumotari wumugore witwa Agnes, yavugishije abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter aho umuntu umwe witwa Francine yamushimiye cyane muri…
Abageni bajunguje ikibuno mu bukwe bwabo abantu barumirwa – VIDEO
•
Umunsi w’ubukwe ni umumsi w’ibyishimo mu buzima bw’abakundana, niyo mpamvu bahabwa impano, bakidagadura bakishima kuko ni umunsi uba rimwe mu buzima. Kuri ubu rero ku mbuga nkoranyambaga hari gukwirakwira amashusho y’umugeni n’umusore bagaragaye bazunguza umubiri mu buryo bushimishije cyane , ku munsi w’ubukwe bwabo. Aba bagaragaye babyina abandi babarangariye cyane banogewe n’uburyo babyinaga nk’ababyitoje.…
Dore amagambo y’urukundo yagufasha kwigarurira burundu umutima w’umukunzi wawe iyi weekend
•
Burya kwemererwa urukundo ntibihagije ngo ugende witurize ahubwo ujye wibuka ko mu rukundo haba hakenewe amagambo meza aryoheye amatwi buri gihe ugomba kubwira umukunzi wawe kugira ngo muhore mususurutse. Ni yo mpamvu buri gihe duhora dushaka ibyaduteza imbere mu rukundo ari nayo mpamvu ugomba kumenya amwe mu magambo wakoresha ukarushaho gushimisha umukunzi wawe.…
Miss Ricca Michaella yasezeranye mu mategeko na Dennis Bayingana – AMAFOTO
•
Miss Ricca Michaella yegukanye ikamba rya Miss hertage muri Miss Rwanda 2019. . Ubukwe Bwa Miss Ricca Michaella . Amafoto Y’ubukwe Bwa Ricca Michaella . Uko byari byifashe mu bukwe bwa Miss Ricca Michaella na Dennis Bayingana Uyu mwari w’ikimero n’uburanga kuri ubu yamaze kuba umugore wa Dennis Bayingana nyuma yo gusezerana…