Biratangaje!!! Umukecuru w’imyaka 55 yakoze ubukwe akiri isugi nk’uko yabyiyemeje arongorwa n’umugabo waminuje mu mashuri
•
Umukecuru w’imyaka 55 wagenderaga abagabo n’abasore kure kuko yari yarihaye intego yo kuzamburwa ubusugi n’uwo bazashakana yakoze ubukwe arongorwa n’intiti yaminuje. . Umukecuru yakoze ubukwe ku myaka 55 . Ku myaka 55 yari akiri isugi kubera intego yihaye . Yashoboye kwirinda abagabo n’abasore mu myaka 55 yose Uyu mukecuru ukomoka muri Nigeria yitwa…
Ntibisanzwe: Umusore yatunguye umukunzi we amukorera ibirori byo kumubenga
•
Mu gihe bimenyerewe ko abantu bategura ibirori byo gutera ivi cyangwa gusaba urukundo abo bakunze, umusore yahisemo gukora ibirori bitandukanye n’ibimenyerewe. . Umusore yakoreye umukunzi we ibirori byo kumubenga . Umukobwa yatunguwe no kwinjira mu birori akabwirwa ko urukundo rwe rwarangiye . Umusore yabenze umukobwa bakundana kubera kumuca inyuma . Yamubengeye mu maso y’incuti…
Reba uburanga bw’umunya-Kenyakazi washyizwe ku rutonde rw’abagore 100 b’ibitangaza muri Afurika – AMAFOTO
•
Michelle Nkatha Ntalami ni umutinganyi w’uburanga buhebuje uherutse gutandukana n’inkumi bari bamaze igihe bakundana itunze agatubutse. Michelle Nkatha Ntalami ni umunya-Kenya w’umushabitsi washinze kompanyi yitwa Marini Naturals. Iyi nkumi y’uburanga yigeze gushyirwa mu bagore b’ibitangaza 100 muri Africa ku rutonde rwakozwe na Okey Africa. Ni munyamideri w’icyamamare ku mbuga nkoranyamba ufite uburanga…
Dore impamvu benshi mu baganga bandika Ibidasomeka iyo bandikira abarwayi imiti…
•
Abaganga bafite akamaro gakomeye mu buzima bw’abatuye isi kuko bakora akazi gakomeye noneho bikaba akarusho mu bihe by’umwihariko aho abantu benshi baba babashaka cyane ngo babafashe. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe impamvu ituma bamwe mu baganga bagira imikino mibi ku buryo hari n’abananirwa kubisoma. . Impamvu abaganga bandika nabi iyo bandikira abarwayi imiti…
Ihere ijisho inzu 5 z’ibyamamare zihenze kurusha izindi ku Isi – AMAFOTO
•
Bavuga ko aho ifaranga rikubise horoha. Muri iyi nkuru tugiye kukweraka inzu 5 zihenze kurusha izindi ku Isi z’ibyamamare mu ngeri zitandukanye. Iyo ufite amafaranga uba ufite byose kandi ushobora kugura byose usibye umwuka muntu ahumeka. Hari umunyarwanda wabivuze mu buryo bworoshye ashimangira ko aho ifaranga rikubise horoha. 1. Bill Gates -“Xanadu…
Reba noneho ibyo Miss Pamella akoreye The Ben bizamuye amarangamutima ya benshi
•
The Ben wasangije ubutumwa bwanyuze benshi yongeye gutakwa na Pamella wemeje nanone ko ariwe rudasumbwa yaremewe. Ni nyuma y’uko benshi bongeye kugaragaza ko batewe amatsiko menshi na Album yenda gushyira hanze ndetse bamwe bahamya ko bagiye guhagarika gukoresha imbuga nkoranyambaga niba atayishyize hanze. . Umuhanzi The Ben . Miss Pamella Yateye Imitoma Umukunzi We…