Mpayimana Philippe wahataniye umwanya wo kuba Perezida w’u Rwanda yahawe umwanya muri Minisiteri y’Ubumwe
•
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu yahaye Mpayimana inshingano zo kuba impuguke nkuru ishinzwe uruhare rw’abaturage (Senior Expert in charge of Community Engagement) muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu. . Mpayimana Philippe yahawe inshingano muri Minisiteri y’Ubumwe . Mpayimana Philippe wiyamamarije kuba Perezida ndetse nyuma akiyamamariza kuba umudepite yahawe inshingano . Mpayimana Philippe…
Ikibatsi cy’urukundo gikomeje kugurumana hagati ya Miss Phoebe n’icyamamare cyo muri Tanzania – AMAFOTO
•
Miss Uwamahoro Phoebe witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda muri 2019, ari mu munyenga w’urukundo n’umusore wigaruriye umutima we witwa Rammy Galis wamamaye cyane muri Tanzania nk’umukinnyi wa filime. . Urukundo rwa Miss Phoebe na Rammy wo muri Tanzania . Rammy Galis yahishuye urwo akunza Miss Phoebe Urukundo rw’aba bombi rumaze iminsi rwigaragaza ku…
Umusore yishwe n’impanuka agiye guhisha umurambo w’umukunzi we yari yishe
•
Umusore w’imyaka 31 muri Afurika y’Epfo bivugwa ko yateye icyuma umukunzi we kugeza apfuye,yahitanwe n’impanuka y’imodoka yari atwaye agiye guhisha umurambo we. . Umusore Yishe Umukunzi We . Yakoze Impanuka Agiye Guhisha Umurambo Ku wa kabiri tariki ya 9 Ugushyingo, umuvugizi wa polisi, Brigadier Selvy Mohlala, yatangaje ko umukunzi w’undi mugore wafashije guhisha…
Imodoka zitwara abantu zemerewe gutwara 100% naho insengero zeremerwa kwakira 75%. Imyanzuro y’inama y’abaminisitiri
•
Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Ugushyingo 2021 muri Village Urugwiro,yafatiwemo ingamba zitandukanye mu kwirinda Covid-19 no gushyira mu myanya abayobozi. Inama y’abaminisitiri yemeje ingamba zo kwirinda Covid-19, zirimo ko ingendo mu modoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zizakomeza. Ku modoka…
Namaze imyaka myinshi nca mama inyuma. Njye na papa twabikoraga mama adahari cyangwa amaze gusinzira – UBUHAMYA BWA FATIMA
•
Hajya humvikana amahano hirya no hino mu bihugu bitandukanye, gusa biba birenze imyumvire ya muntu uburyo umwana yafata unmwanzuro wo kujya aryamana na se cyangwa nyina wamwibarutse nk’uko umukobwa witwa Usman Fatima atanga ubuhamya avuga ko yamaze imyaka myinshi aca inyuma nyina akaryamana na se. . Nacaga inyuma mama ndetse papa yari amaze kubigira…
Abashinjaga Urayeneza Gerard nyiri Kaminuza ya Gitwe bigatuma akatirwa burundu bigaritse uwaboheje mu bujurire
•
Babiri mu bashinjaga nyiri Kaminuza ya Gitwe, Urayeneza Gerard kuba icyitso ku cyaha cya jenoside no kuzimiza cyangwa gutesha agaciro ibimenyetso cyangwa amakuru byerekeye jenoside ndetse akanakatirwa igifungo cya burundu, bisubiyeho baramushinjura, basobanura ko bari barashukishijwe inzoga n’ibiryo. . Abashinjaga Urayeneza Gerard kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi barimo kumushinjura mu bujurire .…