Imitoma 50 wabwira umukobwa mukundana aka kanya akazagukunda iteka ryose
•
Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi iwacumarket.xyz iragufasha. Mbere na mbere, menya ko nta buryo bwiza bwo kugaragazamo urukundo buhari, ntabwo rwose. Kwita ku…
Kwizera Olivier yahawe akayabo yemera gusubira muri Rayon Sports
•
Umwe mu banyezamu ba mbere mu Rwanda,Kwizera Olivier, umaze igihe yaranze gutangira akazi muri Rayon Sports, yamaze kwemera kugaruka muri iyi kipe nyuma yo guhabwa miliyoni enye z’Amanyarwanda. Uyu muzamu yagombaga guhabwa miliyoni 8 z’Amanyarwanda, gusa ikipe ya Rayon Sports yamwishyuyemo kimwe cya kabiri andi izayamuha mu mpera z’Ugushyingo 2021. Mu gihe…
Reba amfafoto y’ibyamamare by’abanyarwandakazi ayoboye ayandi kuri Instagram muri iki cyumweru
•
Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye. Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho uri busange higanjemo amafoto ya bakobwa bazwi nk’aba Miss. 1. Miss Mutesi Jolly…
Abakobwa: Dore abasore ukwiye kwirinda gukundana na bo kuko nta kindi baguha uretse agahinda
•
Ni kenshi abakobwa bakunze kwibeshya ku basore baha urukundo ugasanga bibagizeho ingaruka nyuma kuko baba barakunze abasore batabikwiriye ariyo mpamvu buri mukobwa wese akwiriye gushishoza mbere yo kwemerera urukundo umusore akabanza akareba koko niba bazashobokana. . Ibiranga umusore utazaguha urukundo . Ibimenyetso byakwereka Umusore uzakubabaza Umuhanzi Matata niwe wagize ati: “Amaso akunda ntabona…
Dore ibimenyetso simusiga byakwereka ko umukobwa yakwihebeye kandi agukunda by’ukuri
•
Ni byinshi umusore yagenderaho akavumbura ko inkumi runaka imukunda kandi yifuza ko babana, kuko nabo bakunda kandi bakerekana amarangamutima. . Ibimenyetso byakwereka ko ukobwa yagukunze . Ibimenyetso abakobwa bakoresha beraka umusore ko bamukunze Muri byo, twahisemo kugaruka ku byakorohera buri wese. Uti ese ibyo ni ibihe? Muri iyi nkuru iwacumarket.xyz iragaruka ku…
Dore inyubako 10 zubatse mu buryo butangaje cyane ku buryo zirangarirwa na benshi ku isi – AMAFOTO
•
Uko bukeye n’uko bwije, abubatsi bagenda bahindura ibishushanyo mbonera by’amazu, hari izo bubaka mu buryo butangaje cyane bigatuma hari inyubako batereka ahantu ikarangaza benshi. Hagiye herekanwa inyubako zitangaje, mu burebure, mu bunini, mu kuba zubatse ku mazi, ahantu hateye ubwoba n’ahandi. Muri iyi nkuru turagaruka ku nzu ushobora kuba utarigeze ukubita amaso kandi…