Xavi yagizwe umutoza wa FC Barcelone yahoze akinira ikaba iri mu bihe bibi muri iki gihe
•
Ikipe ya Al Sadd yo mu gihugu cya atar yemeje ko yumvikanye na Barcelona k’uwari umutoza wayo, Xavi Hernandez, ko agiye gusubira i Catalonia gutoza iyi kipe yamureze. Ikipe ya AL SADD yemeje ko Barcelona yishyuye icyamamare Xavi amafaranga angana na miliyoni 4.2 amwemerera kuyisohokamo Uyu mugabo w’imyaka 41 aragaruka muri FC…
Wari uzi ko wakwigarurira umutima w’umukobwa ukunda nta jambo na rimwe uvuze? Dore uko wabyitwaramo
•
Kugeza ubu buri musore wese azi neza ko kwigarurira burundu umutima w’umukobwa akunda bishobora kumusaba ubumenyi runaka!, Uyu munsi ntitugiye kuvuga ku byo kumusaba aka “Number” ubwa ya ndirimbo ahubwo tugiye kwibanda ku buryo ushobora kwigaragarizamo uwo wakunze agatwarwa n’agatotsi k’urukundo kuva ku munsi wa mbere mubonana, hanyuma kubimubwira bikazaba nko korosora uwibyukiraga umugani…
Minisitiri w’intebe yahawe igihe ntarengwa ngo abe yakemuye ikibazo uruganda rwa SteelRwa rufitanye n’abaturage baruturiye
•
Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, yasabye Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ko mu myaka ibiri agomba kuba yacyemuye ikibazo cy’uruganda SteelRwa n’abaturage bahora bataka ko ibinyabutabire biruvamo bibahumanya. . Imyuka ihumanya iva mu ruganda rwa steelRwa ikomeje kubangamira abaturage . Abadepite basabye guverinoma gukemura ikibazo cya steelRwa n’abaturage Ni umwanzuro ziriya Ntumwa…
Yvan Muziki yategetswe gusiba indirimbo yakoranye na Marina
•
The Mane Music inzu isazwe ifasha umuhanzi Marina yategetse Umuhanzi Yvan Muziki gusiba indirimbo “Aho “ yakoranye na n’uyu muhanzikazi iri kuri EP ye nshya yise ‘True Love’ yitegura gushyira hanze. . The Mane yategetse Yvan Muzika gusiba indirimbo True Love yakoranye na Marina Mu minsi ishize ni bwo Yvan Muziki yasohoye ifoto iteguza…
Umuntu wawe muri njye aragukumbuye cyane! Byutsa umukunzi wawe ukoresheje aya magambo urebe ibintu bitangaje bizaba mu rukundo rwanyu
•
Tangira umunsi we n’aya magambo meza cyane kugira ngo amenye uburyo intekerezo zawe zasariye ize. Amenye uburyo isaha ikubangamira iyo bwije kuko uba umurota. Ntabwo ari ibinyoma, iyo ukunda umuntu ukora iyo bwabaga ukabasha kumwereka ko atekanye kandi ukabishimangira. . Imitoma wakoresha mu gitondo ubyutsa umukunzi wawe . Amagambo y’urukundo wabwira umukunzi wawe…
Ntibisanzwe: Hillary Yahawe imyanya y’akazi 21 yose nyuma y’amasaha 3 gusa ashyize hanze ifoto yerekana ko yarangije Kaminuza – AMAFOTO
•
Muri ibi bihe kubona akazi ni ukubifatanya n’amasengesho akomeye, mu gihe hari abarangiza Kaminuza bagahita binjira mu myanya y’akazi gakomeye kandi bataratsindaga neza mu ishuri. Umukobwa w’uburanga witwa Hillary Nzilani yerekanye ifoto ye ku mbuga nkoranyambaga ko arangije kwiga ahita yakira ubusabe bumuha akazi bugera 21. Hillary Nzilani, umukobwa ubayeho mu buzima busanzwe,…