Abagabo:Dore ibintu 5 abagabo bakora mu bubiriri bagirango bemeze batazi ko abagore babyanga cyane bikabasenyera urugo burundu
•
Mu gihe wowe ushobora kuba wibwira ko uri agatangaza mu buriri, hari abagore bashobora kubona umukino wawe nk’udafite icyo umaze. . Ibyo abagore banga mu gihe cy’akabariro . Ibyo ugomba kwirinda kugirango uhabwe amanota mu buriri . Numenya aya mabanga ukayakurikiza nta kabuza umugore wawe azajya akwirahira Muri make hari ibintu abagore…
Muhire yakoze ubukwe n’umukobwa wamurwaje akanamuha impyiko
•
Muhire Jean Claude ufite umuryango Love the Kids ufasha abana bavuka mu miryango itishoboye ukorera mu Murenge wa Kimisagara Karere ka Nyarugenge, yakoze ubukwe n’umukunzi we Uwera Ingabire Marie Reine wamurwaje igihe kirekire, akanamuha impyiko. Ubu bukwe bwabereye muri kiliziya yitiriwe Mutagatifu Dominiko (St Dominic Chapel) ku Kacyiru, mu Karere ka Gasabo ya Kigali,…
Kinshasa: Abapadiri Gaturika bakubiswe iz’akabwana n’abapolisi
•
Abapolisi bitwaje imbunda n’ibiboko ku wa Gatanu, binjiye muri paruwasi ya Sainte Famille yo mu gace ka Righini muri Komini ya Lemba, maze bahata ikiboko abapadiri baho, bashinjwa ko bangiye kwinjira mu mashuri abanyeshuri babo kwakira inama za politiki muri paruwasi. Video yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga yerekana abapolisi bambaye imyambaro y’abarwanya imyigaragambyo bafite ibiboko…
Ijambo Gen. Kabarebe yabwiye APR FC nyuma yo gusezererwa muri CAF Champions League
•
Umuyobozi w’icyubahiro wa APR FC, Gen. James Kabarebe kuri uyu wa 30 Ukwakira 2021 yasuye iyi kipe mbere y’uko itangira shampiyona mu mwaka w’imikino mushya, 2021/2022 na nyuma yo gusezererwa mu ijonjora rya CAF Champions League. . Gen. James Kabarebe yasuye APR FC . APR FC yasezerewe muri CAF Champions League Muri iri…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique zakurikiye ibyihebe mu birindiro bishya zirabimenesha
•
Ibyihebe by’umutwe w’iterabwoba ukorera mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique byari byarashinze ibindiro bishya bitandukanye nyuma yo kwirukanwa n’ingabo z’u Rwanda ku bufatanye n’iz’iki gihugu. Tariki ya 9 Nyakanga 2021 ni bwo u Rwanda rwatangiye kohereza ingabo muri Mozambique, ubu iziriyo zikaba zikabakaba 2000 nk’uko biherutse gutangazwa na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.…
Senateri Uwizeyimana Evode yasezeranye n’undi mugore nyuma yo gutandukana n’uwa mbere – AMAFOTO
•
Ku wa Gatanu tariki 29 Ukwakira Senateri Uwizeyimana Evode yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Zena Abayisenga bitegura kurushingana. . Senateri Uwizeyimana Evode n’umugore we baziyakirira muri Intare Arena . Gusezerana imbere y’Imana hagati ya Senateri Evode n’umukunzi we bizaba mu kwezi k”Ukuboza . Uwizeyimana Evode n’umukunzi we basezeranye imbere y’Amategeko Evode Uwizeyimana wanabaye…