Reba amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga muri iki cyumweru
•
Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye. Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho uri busange higanjemo amafoto ya bakobwa bazwi nk’aba Miss. 1. Miss Mutesi Jolly…
Umutoza Pochettino yatangaje impamvu yasimbuje Messi igice cya mbere kikirangira mu mukino yatsinzemo Lille bigoranye
•
Lionel Messi yakuwe mu kibuga nyuma y’igice cya mbere ubwo Paris Saint-Germain yatsindaga Lille mu ijoro ryo ku wa gatanu, ariko Mauricio Pochettino yasobanuye ko ari ukwirinda imvune. Ikipe ya PSG yagiye mu kiruhuko imaze gutsindwa igitego 1-0 ndetse Lionel Messi yari hasi cyane kuko imipira myinshi yateraga itageraga kubo yayihaga. Uyu…
Arsenal yatewe na virus itaramenyekana. Umutoza Arteta mu rungabangabo
•
Ikipe ya Arsenal yatewe na virusi itaramenyekana yatumye abakinnyi benshi barwara ntibitabira imyitozo yo kwitegura umukino wa shampiyona n’ikipe ya Leicester uraba kuri uyu wa Gatandatu. . Abakinnyi ba Arsenal bafashwe n’uburwayi butaramenyekana . Umutoza Arteta ahangayikishijwe n’umukino ari bukine na Leicester Umutoza Mikel Arteta afite ikibazo cyo kumenya ikipe arakoresha uyu…
Dore impamvu 4 z’ingenzi udakwiye kogosha ngo umareho burundu insya(umusatsi ukikije ibice by’ibanga) zawe
•
Wari uzi ko guharangura umusatsi ukikije ibice byawe by’ibanga bishobora kukugiraho ingaruka mbi cyane? N’ubwo abantu beshi batabyumva ariko ni ukuri. Uyu musatsi uri muyo abantu bakunda kogosha kenshi cyane kurusha iyindi. Uyu muco ukomoka mu bihugu bya Misiri n’ubugereki ukaba warakorwaga cyane cyane n’abagore bicuruza nk’ikimenyetso cy’isuku ndetse n’umuhamagaro wabo. Kutamenya n’ubujiji ni…
Uganda: Ikindi gisasu cyaturitse gihitana abana 2
•
Abana babiri mu gace ka Nakaseke muri Uganda, bitabye Imana nyuma yo guturikanwa n’igisasu cyari mu ishusho y’igifenesi bakinishaga. Ni amakuru yemejwe na AIGP Asan Kasingye, Komiseri wungirije muri Polisi ya Uganda ushinzwe Politiki. Kuri Twitter ye yanditse ati: “Igisasu gisa n’igifenesi cyahawe abana mu mudugudu wa Ssegalye, Komine Semuto mu karere ka Nakaseke,…
Impamvu itera kumatana mu gihe cyo gutera akabariro n’icyo mwakora mukarekurana igihe bibabayeho
•
Ni kenshi cyane humvikana amakuru y’uburyo abantu bari mu gikorwa cy’ akabariro bamatana hakitabazwa abaganga, abenshi bahita bavuga ko ari amarozi kandi ni ibintu Siyanse yemera ko bibaho n’ubwo bibaho gacye bishoboka. . Igitera umugore n’umugabo gufatana igihe batera akabariro . Kumatana mu gihe cy’imibonano . Uko wabigenza igihe umatanye n’umuntu muri gukora…