Nubwira umugabo wawe ibi bintu 10 nta kabuza azagukunda agukundwakaze kandi ntazigera atekereza kuguca inyuma
•
Biragora cyane kugira urugo rwuje urukundo n’urugwiro. Ndetse iyo ubigezeho, ushobora guta umutwe utekereje ko uwo wihebeye ukwitaho kandi wishimira mushobora kuzaba mutakiri kumwe mu minsi iri imbere. . Ibi bintu uko ubibwira umugabo wawe ni ko arushaho kugukunda . Ibintu 10 wabwira umugabo wawe akagukunda kurushaho Rimwe na rimwe tunanirwa kwitwara mu buryo…
Facebook ya Mark Zuckerberg yahinduriwe izina. Icyo bisobanuye ku mikorere yayo
•
Sosiyete itanga Serivisi z’ikoranabuhanga ya Facebook yahinduriwe izina yitwa ‘Meta’, nk’imwe mu mpinduka zikomeye zabaye mu mikorere yayo. . Facebook yahinduriwe izina yitwa Meta . Impinduka zikomeye kuri sosiyete ya Facebook Iyi Sosiyete yatangaje ko ari byiza kwagura ibyo yari isanzwe ikora, bikarenga gutanga serivisi z’imbuga nkoranyambaga ahubwo bikagera no ku ikoranabuhanga…
Cristiano Ronaldo n’umukunzi we bagiye kubyara impanga
•
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo, yatangaje ko we n’umukunzi we Georgina Rodriguez bategereje impanga. Nk’uko ikinyamakuru cyo muri Esipanye cyitwa Hola! kibitangaza, Georgina Rodriguez atwite inda y’amezi 3 y’impanga.Cristiano Ronaldo usanzwe afite abana 4 barimo umwe yabyaranye n’uyu Georgina. We na Georgina bashyize hanze ifoto yabo nziza bafashe scans z’abana babo, yanditseho…
Umusore yafatanwe inzoga za magendu yari yahishe mu modoka mu buryo butangaje – AMAFOTO
•
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Ukwakira ahagana saa tanu Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yeretse itangazamakuru uwitwa Kayigire Prince Tresor w’imyaka 21. Yafatanwe amoko 8 y’inzoga zo mu bwoko bwa likeri (Liquor), yafashwe tariki ya 27 Ukwakira saa moya z’umugoroba. Yafatiwe mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa…
Wari uzi ko ibihaza byongerera umubiri ubudahangarwa, birinda diyabete bikanafasha mu koboneza urubyaro? Reba imimaro 6 ikomeye y’igihaza ku mubiri w’umuntu
•
Ibihaza ni ibiribwa byuzuye intungamubiri dukenera mu buzima, kandi biboneka henshi, kuko hari n’aho byiyeza mu gisambu. Bikaba bimwe mu bihingwa bishobora gutuma umwijima, impyiko, amagufa, amaso n’uruhu bikora neza. . Akamaro k’ibihaza ku mubiri w’umuntu . Indwara zirindwa no kurya ibihaza . Ibihaza biringaniza umuvuduko w’amaraso Ibihaza biboneka mu moko atandukanye Ibihaza…
Umusore yanteye inda aranyihakana nza kubona umugabo anemera kunderera umwana none wa musore amereye nabi ngo arashaka umwana we. Mbigenze nte?
•
Muraho basomyi beza ba iwacumarket. Mbandikiye ngirango mbagishe inama kuko nabonye hari n’abandi mufasha kandi nanjye nkaba mfite ikibazo kinkomereye. Ndi umumama w’abana 2 nkaba mfite umugabo unkunda cyane akanankundira abana n’ubwo umwe atari uwe. Rero ntatinze ikibazo cyanjye giteye gutya: Nkiri umukobwa nakundanye n’umusore aza kuntera inda mbimubwiye arantarutse ndetse ahita ancikaho. Umwana…