Umugore wa Pasiteri Bugingo yamaganye abagabo bakubita inshyi ku mabuno y’abagore babo igihe batera akabariro – IMPAMVU
•
Umugore uri mu rukundo na Pasiteri Aloysius Bugingo wo muri Uganda, Susan Makula Nantaba, avuga ko abagore benshi banga abagabo babakubita inshyi ku mabuno igihe bari mu gikorwa cy’akabariro. Nantaba, umunyamakuru akaba n’umwe mu bakunze kuvuga ku bibazo by’abashakanye mu buriri, avuga ko we iyo Pasiteri Bugingo amukoreye ibyavuzwe haruguru, bituma atakaza ubushake…
Uganda: Umunyarwandakazi wacaga inyuma umugabo we yamatanye n’umugabo basambanaga muri Lodge hitabazwa umupfumu
•
Umukuru wa Polisi ya Uganda mu Karere ka Mukono, DPC SP Annabella Nyiramahoro avuga ko kuwa Mbere w’iki cyumweru, bageze ahabereye isanganya ry’aho umugore wirwa Rebecca Arinaitwe wacaga inyuma umugabo we, yafataniye n’undi mugabo, Ababa John Bosco muri Lodge. . Umugabo yamatanye n’umugore basambanaga baciye inyuma umugabo we . Hitabajwe umuganga gakondo kugirango…
Dore ibintu 3 ugomba gukorera umugore wawe buri joro niba wifuza ko azarinda yipfira ataguciye inyuma
•
Kubwira umugore wawe ko umukunda si byo ukwiye gukora gusa kugirango urugo rukomere. Ugomba kuba witeguye kumwereka urukundo ukora ibikorwa bimwe na bimwe bituma agenda arushaho kugukunda. Iwacumarket uyu munsi igiye kukugezaho ibintu 3 byoroshye wakaorera umugore wawe buri joro bigatuma abona ko umukunda birenze maze nawe akagukunda atitangiriye itama. 1. Nijoro, nk’umugabo,…
FC Barcelone yamaze kwirukanda umutoza wayo Ronald Koeman
•
Ikipe ya FC Barcelona yirukanye Umuholandi Ronald Koeman, nyuma y’amezi 14 yari amaze ari umutoza wayo mukuru. Koeman wari umaze igihe yicariye intebe ishyushye, yirukanwe nyuma y’uko Barça yari imaze gutsindwa na Rayo Vallecano igitego 1-0 mu mukino wa shampiyona ya Espagne. Igitego rukumbi cy’umunya-Colombia Radamel Falcao ni cyo cyafashije Rayo Vallecano gutsinda bwa…
Rulindo: Padiri yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana
•
Umupadiri wo muri Paruwasi ya Burehe mu Karere ka Rulindo, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa ufite imyaka 17 y’amavuko. . Padiri yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17 . RIB yataye muri yombi umupadiri wo muri paruwasi ya Burehe . Padiri yatawe muri yombi azira…
Abavandimwe 2 bishe murumuna wabo w’imyaka 14 bamutwikishije peterori
•
Polisi ya Kenya yataye muri yombi abavandimwe babiri nyuma y’aho batwitse murumuna wabo w’imyaka 14, bamukeka ko ashobora kuba yabareze ko bibye telefone. Nation dukesha aya makuru ivuga ko aba bavandimwe bakimara kumenya ko ubujura bwabo bwamenyekanye, bajyanye murumuna wabo mu nzu, bamusukaho peteroli hanyuma baramutwika. Uyu mwana wari wahiye cyane, kuri uyu wa…