Burya ngo amabuno manini si ubwiza! Havumbuwe ikintu gitangaje kihishe inyuma yo kugira amabuno manini – UBUSHAKASHATSI
•
Nk’uko bisanzwe imiterere myiza y’amabuno y’abagore n’abakobwa ari mu bice byabo bikurura abagabo cyane nk’uko abahanga babivuga, gusa na none ntibigarukira aho gusa kuko aya mabuno hari n’ikindi avuze. . Umugore ufite ikibuno kinini aba afite ubuzima bwiza . Ikibuno kinini gifite aho gihuriye n’ubwenge no gutekereza byishuse . Ibintu bitangaje biranganga umugore…
Dore uburyo bworoshye kandi butishyurwa wakoresha ukabyara umuhungu cyangwa umukobwa bitewe n’uko ubyifuza
•
Guhitamo igitsina cy’umwana uzabyara kuri ubu birashoboka cyane rwose. Hari uburyo bwitabazwa mu mavuriro akora ibijyanye n’uburumbuke. Nubwo ubu buryo bwizewe neza 100% ariko burahenze si ubwa buri wese. . Ibintu byagufasha kubyara umuhungu cyangwa umukobwa uko ubyifuza . Uburyo bwa gakondo wakoresha mu gihe wifuza kubyara umuhungu . Uburyo wakoresha mu gihe…
Dore ibintu 4 umugabo akorera umugore akunda gusa
•
Niba umugabo wawe agukorera ibi bintu bine bikurikira ntugashidikanye aragukunda by’ ukuri. Uramuvuguruza akemera Umugabo ukunda umugore we bizira uburyarya ahorana ubushake bwo guhindura imyumvire ku kintu iyo umugore we abimusabye. Niyo yaba ari umugabo utavugirwamo cyangwa ufunga umutwe bingana iki, iyo yakunze imbere y’ umugore we byose birahinduka. Aha agaciro…
Ingabire Immaculée wa Transparency International Rwanda ntiyemera imbabazi za Perezida Kagame
•
Umuyobozi w’umuryango Transparency International-Rwanda urwanya ruswa n’akarengane, Ingabire Marie Immaculée avuga ko Perezida wa Repubulika agira imbabazi atemera. Ingabire yabitangarije mu kiganiro Ishusho y’Icyumweru cyo kuri RBA cyatambutse kuri uyu wa 24 Ukwakira 2021, cyari cyerekeye ibyaha bya ruswa no kunyereza umutungo n’uburyo ababigiramo uruhare bakurikiranwa. Yavuze ko abakurikiranwaho iki cyaha mu Rwanda…
The Ben yashishushe bimwe mu bintu bigoye yahuye na byo akigera muri Amerika
•
Umuhanzi The Ben yatangaje byinshi ku buzima bwe yaba ubw’umuziki. ubushabitsi n’ibindi mu kiganiro na Gael Karomba umunyarwanda w’umushoramari uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ufite Youtube Channel yitwa AbaVip TV. . Amwe mu mateka ya The Ben . Ibintu bikakaye byabaye kuri The Ben ageze muri Amerika . Ubuzima bwa The…
Umutoza Manchester United irimo kurambagiza ngo asimbure Ole yayisabye ikintu gikomeye
•
Amakuru aravuga ko Antonio Conte yiteguye kuba umutoza mushya wa Manchester United ariko asaba ko kugira ngo ayerekezemo yifuza kugira ububasha bwose ku bijyanye no kugura abakinnyi. Ikipe ya Manchester United yatangiye gushaka umusimbura wa Ole Gunnar Solskjaer uhagaze nabi cyane. Uyu munya Norway afite igitutu cyinshi kuri Old Trafford, nyuma y’aho…