Dore ibimenyetso byakugaragariza ko ushimisha umugore wawe cyane igihe muteye akabariro. Niba utabibona urarye uri menge
•
Abagore baryoherwa n’akabariro mu buryo butandukanye, ariko nugenzura neza uzasanga uburyo bagaragazamo ibyishimo byabo budatandukanye cyane kuko ibikubiye muri iyi nkuru tugiye kubagezaho byo ni rusange. Iyo umugore yishimiye uburyo ateye akabariro, umugabo nawe arabimenya kuko umugore abimwereka muri ubu buryo: Mu gihe cyo gutera akabariro abagore benshi iyo banyuzwe n’uburyo bayikozemo usanga…
Amashusho ya ShaddyBoo ari kuryoshya n’umuherwe Larry Gaaga yateje ururondogoro – Video
•
Umunyarwandakazi Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo umaze iminsi mu gihugu cya Nigeria, yasangije abamukurikira amashusho ari kumwe n’umuhanzi ukomeye wo Larry Gaaga bari kugirana ibihe byiza bivugisha benshi. . Shaddyboo yashyize hanze amashusho ari kugirana ibihe byiza na Larrt Gaaga Kuri uyu munsi tariki ya 27 Ukwakira nibwo shaddyboo…
Abanyarwandakazi b’ibizungurezi barimo gukurikirwa cyane kubera uburanga n’ikimero byabo – AMAFOTO
•
Imbuga nkoranyambaga zigezweho cyane mu Rwanda, abazikoresha bazijyaho ku mpamvu nyinshi zitandukanye, hari abajyaho bagamije kwamamaza ibikorwa byabo, abajyaho bagamije kumenya amakuru y’ibyamamare cyangwa abayobozi batandukanye, hari n’abajyaho bakuruwe n’ikimero n’uburanga bw’abakobwa cyangwa abahungu bakunda kwiyerekana kuri izo mbuga nkoranyambaga. . Amafoto ya Miss Uwicyeza Pamella . Amafoto ya Alliah . Amafoto ya Akayesu…
Umusaza yahaye igihano kidasanzwe abasore 5 bamusambanyirije umugore cyatumye bajya kumushaka ngo ababarire ariko baramubura
•
Mu gace ka Pissela muri Burkina Faso habereye ibitangaza ubwo abasore 5 baryamanye n’umugore w’umusaza, buri wese yabyutse asanga igitsina cye cyagiye. . Umusaza yahannye abasore mu buryo budasanzwe . Babuze ibitsina byabo nyuma yo gusambanya umugore Abasore batanu bakiri bato bo muri kariya gace kitwa Pissela, bahuye n’uruva gusenya ubwo basangaga…
Manchester yasubiye inyuma cyane ku rutonde rw’amakipe akomeye i Burayi
•
Ikipe ya Manchester United yamanutse ku mwanya wa cyenda ku rutonde rw’uko amakipe akurikiranye ku rutonde rwa UEFA yashyize hanze. Impamvu nini yo kugwa kwayo ni uko intsinzi yabo ya Europa League 2017 itabarwa mu manota UEFA itanga. UEFA ibara gusa amanota yakusanyijwe mu myaka itanu ishize, harimo n’uko yitwaye muri UEFA…
Reba ibintu bibabaje umupasiteri yakoreye abayoboke be ngo arabakiza ibyaha
•
Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho agaragaza ubugome uyu mupasteri yakoreye abayoboke be aho abahondaguza umukandara ku bibuno bubitse inda avuga ko arimo kubakiza ibyaha. . Pasiteri uvuga ko yasizwe amavuta akaba ashobora gukiza ibyaha yagaragaye ahata ibiboko abayoboke be . Bamwe baririmba abandi baryamye bakubitwa imikandara . Pasiteri yatunguranye akubita umukandara abayoboke be…