Yari yarabuze aho yahera mushiki we ngo amusambanye ahitamo kumwica akabikorana n’umurambo
•
Amahano ajya yumvikana mu bihugu bitandukanye, hari igihe ibintu birenga imitekerereze ya muntu ku biba byarabaye aho umusore wo muri Uganda yari amaze igihe yifuza gusambanya mushiki we yarabuze aho amuhera ahitamo kubanza kumwica agasambanya umurambo. Uyu musore bivugwa yamaze kwica mushiki we Nakato Elizabeth, yarangiza kumusambanya akamuta mu ruzi kugira ngo bazagire…
Perezida Paul Kagame yifashishije umwuzukuru we, yagaragaje ibyishimo bikomeye ku isabukuru ye – AMAFOTO
•
President Paul Kagame yavutse tariki ya 23 Ukwakira 1957, avukira mu cyahoze ari gitarama ubu ni mu Karere ka Ruhango intara y’amajyepfo, avuka kuri Bisinda Asteria Rutagambwa na Rutagambwa Deogratias. Ubwo yagiraga isabukuru y’imyaka 64 y’amavuko, Nyakubahwa Paul Kagame yashimiye abantu bose bamwifurije umunsi mwiza wamavuko. Yifashishije urukuta rwe rwa Twitter, Umukuri w’igihugu…
Cristiano Ronaldo yahishuriye abakinnyi bagenzi be ibanga rizabasha gutsina Atalanta
•
Kuwa 3 w’iki cyumweru nibwo United yatunguranye itsinda Atalanta ibitego 3-2 nyamara mu gice cya mbere iyi kipe yari yatsinzwe ibitego 2-0 kuri Old Trafford,bitera benshi uburakari. Ibitego bya Mario Pasalic na Merih Demiral byafashije Atalanta kuyobora umukino wo kuwa Gatatu ariko igice cya mbere kirangiye Cristiano Ronaldo na Bruno Fernandes bahise basaba…
Uganda: Kampala haturikiwe igisasu gihitana 2 abandi barakomereka
•
Mu ijoro ryo wa gatandatu, abapolisi ba Uganda bavuze ko umuntu umwe yapfuye abandi barindwi bakomerekera mu “guturika gukomeye” kwabereye muri resitora iri mu majyaruguru y’umurwa mukuru Kampala. Cyaturitse ku wa gatandatu mu masaha ya saa tatu z’ijoro (21h) ku isaha yaho, ni ukuvuga saa mbili z’ijoro (20h) mu Rwanda no mu Burundi,…
Umusore w’imyaka 34 yabaye miliyarideri nyuma y’iminsi gusa akoze ubukwe n’umukecuru w’imyaka 73
•
Umugabo wo muri Kenya yahindutse Biliyoneri nyuma y’aho yemeye gushyingiranwa n’umukecuru w’imyaka 73 hanyuma apfa nyuma y’iminsi 3 bakoze ubukwe ibye byose amategeko arabimwegurira. Uyu mukecuru w’imyaka 73 yapfuye bari mu kwezi kwa buki asiga amakompanyi ya miliyoni nyinshi z’amadolari mu biganza by’uyu munya Kenya. Madamu Julia Danson Wachira yaciye ibintu mu…
Gasabo: Umugore arashinjwa kuryamira umwana agapfa ubwo yari mu buraya n’umugabo
•
Umugore uvugwaho gukora umwuga w’uburaya biravugwa ko mu ijoro ryacyeye yararanye n’umugabo batera akabariro bakaryamira umwana w’uruhinja rw’ukwezi kumwe bikaruviramo gupfa. Gusa uwo mugore, aremera ko yabonanye n’uwo mugabo ariko agahakana ko urupfu rw’umwana we rwatewe no kumuryamira nkuko biri kuvugwa. Ibi byabereye mu kagari ka Nyabisindu mu murenge wa Remera, mu…