Perezida Kagame yizihije isabukuru y’imyaka 64. Byinshi utamenye ku mateka ye ndetse n’ibijyanye n’iyi taliki
•
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame wizihiza isabukuru y’amavuko y’imyaka 64 yanyuze mu buzima bukomeye nyamara bwaje gutuma avamo ikirangirire muri Politike y’isi. Itariki yavutseho benshi bayibazaho byinshi. . Perezida Paul Kagame yujuje imyaka 64 y’amavuko . Amwe mu mateka ya Perezida Paul Kagame uyobora u Rwanda . Bimwe mu byaranze…
Cristiano Ronaldo yatunguye abakekaga ko agiye gusezera umupira w’amaguru vuba
•
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yahishuye ko atiteguye gusezera mu ikipe y’igihugu cye cya Portugal vuba aha kuko ngo “Ntabwo ari igihe cyanjye.” . Cristiano Ronaldo yahishuye ko atazasezera umupira w’amaguru vuba . Cristiano yavuze impamvu atiteguye kureka umupira vuba . Igihangayikishije Cristiano Ronaldo muri iyi minsi Kapiteni wa Portugal, ufite imyaka…
Birababaje: Umupolisikazi yishe benewabo 5 ndetse n’umusore bakundana kugirango abone amafaranga afatwa amaze kubona asaga miliyoni 94RWF
•
Nomia Rosemary Ndlovu wahoze ari umupolisi muri Afurika y’epfo yahamwe no kwica benewabo (abo mu muryango we) batanu ndetse n’umusore bakundanaga, ku musozo w’uru rubanza rwatumye igihugu kigwa mu kantu. . Umupolisikazi yishe umusore bakundana . Umupolisikazi yishe benewabo kugirango abone amafaranga ava mu bwishingizi Uko ari batandatu bishwe hagati y’umwaka wa 2012…
Biratangaje: Yamenye ko yashatse umugabo mugenzi we bamaranye imyaka 7 babana
•
Nyuma yimyaka 07 arushinze, umugabo yavumbuye ko yashakanye n’undi mugabo aho kuba umugore nkuko yari abizi. . Yashakanye n’umugabo mugenzi we atabizi . Yavumbuye ko yarongoye umugabo mugenzi we nyuma y’imyaka 7 Umugabo yashakanye n’uwo yizeraga ko ari umugore wo murimu Misiri bamarana imyaka 07. Uyu mugabo wakoraga umwuga wo gutwara abagenzi…
Ruhango: Umukobwa afite agahinda ko kwangazwa nyuma yo guterwa inda n’umugabo wa nyina – UBUHAMYA
•
Mu murenge wa Byimana hari umukobwa wabuze epfo na ruguru nyuma yo guterwa inda n’umugabo wa nyina. Byaramugoye kubivuga yanga kwirukanwa na nyirurugo no kwiteranya na nyina; birangira bimenyekanye yirukanwa mu rugo. . Yatewe inda n’umugabo wa nyina barangije baramwirukana . Ku myaka 17 yafashwe ku ngufu n’umugabo wa nyina . Yari yatsinze icyiciro…
Musanze: Umuyobozi w’ishuri yakatiwe imyaka 7 y’igifungo kubera ivangura
•
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye uwari umuyobozi w’ishuri ryisumbuye rya Cyapa, igifungo cy’imyaka irindwi nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ivangura no gukurura amacakubiri. Iri shuri riherereye mu Karere ka Burera, mu Murenge wa Rwerere, Akarere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Icyaha uyu mugabo yahamijwe yagikoze ku tariki 22 Ukwakira 2020 mu Mudugudu wa…