Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Dore inama zagufasha mu gihe waba usanze umugore wawe ari wowe mugabo wa mbere bagiye kuryamana

    Mu bihugu bitandukanye bafata ubusugi nk’ikintu gikomeye cyane, akaba ari nayo mpamvu iyo umukobwa yajyaga gushyingirwa yambaraga ikanzu yera mu rwego rwo kwerekana ko ari isugi.   . Uko wabigenze igihe waba usanze umugore wawe akiri isugi . Uko wakwitwara igihe ugiye kurongora isugi   Bamwe mu basore bageze mu gihe cyo kubaka urugo…

  • Baturikanwe n’igisasu ubwo bari mu kwezi kwa buki

    Umugore witwa Lidiia Makarchu, ufite imyaka 31, ukomoka i Bracknell, muri Berkshire,mu Bwongereza n’umugabo we Norbert Varga w’imyaka 43,bahuye n’uruva gusenya ubwo bari mu kwezi kwa buki ubwo baturitswaga n’igisasu cyapfubye mu ntambara ya mbere y’isi yose.   Uyu mugore n’umuryango we bari bagiye mu misozi ya Carpathian muri Ukraine mu kwezi kwa buki…

  • Iyi niyo mpamvu ukwiye kurya watermelon waba umugabo cyangwa umugore

    Watermelon ubishatse wayita umwungu cyangwa igihaza cyo guhekenya kuko ni urubuto rwera ku ruyuzi, rugira indabo zisa n’intutu kandi rufite bimwe ruhuriyeho n’ibihaza, uru rubuto rukaba rufite akamaro gakomeye ku buzima bwa muntu.   Uru rubuto rumeze nk’aho nta cyanga rugira, uba wumva ari nk’amazi arimo agasukari gacye. Ni urubuto rwuzuye umutobe, rworohereye, rurimo…

  • Kamonyi: Ikamyo yataye umuhanda igonga abarimu 2 umwe ahasiga ubuzima

    Ikamyo ifite ibirango byo muri Uganda yerekezaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yataye umuhanda igeze mu Kagari ka Karengera mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi, igonga abarimu babiri bari bagiye kwigisha, umwe ahita apfa undi arakomereka ubwo bagendaga n’amaguru bagiye kwigisha.   Iyo mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Nyarusange mu Kagari…

  • The Ben yahishuye ijambo abwira umukunzi we Miss Pamella iyo yamurakariye bigahita bishira

    Umuhanzi The Ben n’umukunzi we Miss Pamella bakomeje kuryoherwa n’ubuzima bw’urukundo, ndetse banakomeje kugirana ibihe byiza mubirwa bya Maldives arinaho The Ben yahaye igihango gikomeye umukunzi we akamwambika impeta .   . Amazina y’urukundo The Ben yita Miss Pamella . The Ben yahishuye ko umukunzi we Miss Pamella yamuhimbye Gicanda   Nkuko bagenda bashyira…

  • Amabanga 7 yagufasha kwigarurira uwo ukunda mu buryo bworoshye

    Ahari warebye amafilime menshi avuga ku rukundo, ahari wayigiyemo byinshi. Urukundo rusanzwe akenshi ruba rutandukanye nibyo abantu bareba muri filime.Mu buzima busanzwe urukundo rusaba kubaho ku bwa mugenzi wawe. Tugiye kurebera hamwe uburyo 7 wakoresha ukamwigarurira kandi ukamugumana burundu.   Mu buzima busanzwe, urukundo rusobanurwa nko kumenya isura y’umuntu mukundana, ukamenya uko yitwara iyo…