Dore amagambo 50 y’urukundo(imitoma) wabwira umukobwa mukundana aka kanya akagukunda by’iteka kandi ukazahora mu ntekerezo ze
•
Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi Iwacumarket iragufasha. . Imitoma ya mu gitondo . Ijambo ry’umunsi wabwira umukunzi Mbere na mbere, menya ko…
Micho utoza Uganda Cranes yakatiwe gufungwa imyaka 5
•
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Uganda Milutin Sredojevic Micho yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 kubera ihohoterwa yakoreye umugore wo mu kabari. Kuri uyu munsi ni bwo Urukiko rwa Gqeberha Regional rwakatiye umutoza w’ikipe y’igihugu ya Uganda Milutin Sredojevic Micho igifungo cy’imyaka 5 kubera guhohotera umukobwa ukora mu kabari. Micho ashinjwa ko ubwo yari umutoza w’ikipe…
Bruce Melody yagiranye ibiganiro n’umugi wa Kigali – AMAFOTO
•
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa yakiriye umuhanzi Bruce Melodie bagirana ibiganiro bitibanze ku muziki nk’uko bitangazwa n’umujyanama w’uyu muhanzi. . Bruce Melody yakiriwe n’umuyobozi w’umugi wa Kigali . Bruce Melody yagiranye ibiganiro n’umuyobozi w’umugi wa Kigali Kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ukwakira 2021, ni bwo Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence…
Ku myaka 68 aracyari isugi. Reba ibanga yakoresheje
•
Umukecuru w’imyaka 68 ukomoka muri Afurika y’Epfo, Malisebo Lebuso,yashyize hanze ibanga ry’ukuntu yarinze ubusugi bwe kugeza n’uyu munsi. . Amaze imyaka 68 ari isugi . Umukecuru yahishuye ibanga ryamufashije kurinda ubusugi bwe kugeza ku myaka 68 Malisebo Lebuso yavuze ko yemera ko ubusambanyi ari umudayimoni kandi amurwanya akoresheje Bibiliya. Yagaragaje ko yanze…
Minisitiri w’Intebe w’u Burundi yaburiye abaturage ko inkingo za covid-19 zica cyangwa zigatera indwara
•
Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, CPG Alain-Guillaume Bunyoni yaburiye Abarundi bifuza kwingiza icyorezo cya Covid-19 ko hari ababikora bakarwara cyangwa bagapfa, bityo uwifuje kubikora agomba kwirengera izi ngaruka. . Inkingo za covid-19 zirica . Inkingo za covid-19 zitera indwara . Ibyo wamenya ku nkingo za covid-19 CPG Bunyoni yabitangarije mu Ntara ya Rutana avukamo…
Dore ibyago bikomeye ushobora gukururirwa no kuguma uri incuti y’uwo mwahoze mukundana
•
Kuva mu rukundo ni ikintu gikomeye ndetse ni igitekerezo abantu benshi baba bahaye umwanya kuko baba babona batari banyuzwe n’ibyo bahabwa, cyangwa bakabona bishobora kuzabaviramo kubabara ahazaza, bityo bagahitamo gusezera urukundo rubi. Jya kure y’uwo mwahoze mukundana wirinde iteka. . Ibibi byo kuguma uri incuti y’uwo mwahoze mukundana “Ahari ushobora kuba uzi…