-
Abarwanyi ba Wazalendo na FDLR baheruka gukubitwa incuro na M23 bagahunga mu Rugezi bahuye n’ikindi gitero simusiga kibamereye nabi
•
Nyuma y’uko Twirwaneho na M23 bifashe igice cya Rugezi giherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bahahunze bahuye n’ikindi gitero kibi kitari icyo kuraswa gusa—bageramiwe n’inzara, ubukonje, n’ubwigunge mu mashyamba ya Rugezi. Amakuru ava mu misozi ya Fizi yemeza ko aba barwanyi n’imiryango yabo – abagore n’abana…
-
Imyanya y`ubushoferi muri Ministry of environment (MOE) :Deadline: 25/04/2025
•
Job responsibilities • The employees will serve as the approved designate driver of the MoE project cars • Ensure the vehicle’s day to day maintenance; • Proper transportation of people/items for the program; • Perform the driving duties for the Ministry of Environment; • Render his services with fidelity, devotion, discipline and integrity; •…
-
Abaturage bahagurutse: Hakozwe imyigaragambyo karundura yamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi
•
Umwuka w’uburakari wazamutse mu mujyi wa Goma kuri uyu wa kabiri, ubwo abaturage bahagurukaga mu myigaragambyo ikomeye barwanya Leta ya Kinshasa, bavuga ko bayirambiwe kubera kutubahiriza ibyo yemeye mu biganiro byo gushaka amahoro. Ibi bibaye nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryatengushywe bikomeye, nyuma y’imishyikirano yabereye i Doha muri Qatar kuva muri Werurwe 2025,…
-
RIB yataye muri yombi Turahirwa Moses wa Moshions
•
Umuyobozi w’Inzu y’Imideli ya Moshions, Turahirwa Moses, yongeye gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge, icyaha asanzwe yarigeze gukurikiranywaho mu mwaka wa 2023. Nk’uko byemejwe na Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, mu kiganiro kigufi yahaye ikinyamakuru IGIHE ducyesha iyi nkuru, yagaragaje ko ibi byemejwe n’ibipimo byafashwe na Rwanda Forensic…
-
M23 yahaye isomo rikomeye Perezida Tshisekedi nyuma y’amasaha macye ibiganiro bya Doha bikubise igihwereye
•
Ihuriro riharanira impinduka rya AFC/M23 ryigaruriye ku nshuro ya kabiri agace ka Walikale nyuma yo kwitandukanya n’amasezerano ya Doha, nyuma y’igihe gito ryari ryiyemeje gukura abasirikare baryo mu bice bimwe na bimwe birimo n’uyu mujyi. Ibi byabaye nyuma y’uko Leta ya Kinshasa yananiwe kubahiriza imwe mu ngingo z’ingenzi iri huriro ryamusabye ubwo hakorwaga ibiganiro…
-
Barashaka kwisubiza Goma? Abasirikare ba SADC bagombaga gusubira iwabo banyuze i Kigali ntabwo bagitashye uyu munsi kubera impamvu yavugishije benshi
•
Ku wa mbere tariki ya 21 Mata 2025, Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), zari zitegerejweho gusubira mu bihugu byazo binyuze i Kigali nkuko amakuru aturuka ku mirongo y’imbere abyemeza, gusa zamaze gutungura benshi ubwo zititaye ku itariki yari yemeranyijweho, zigahitamo kuba zigumye mu Mujyi wa Goma. Ni icyemezo cyateye urujijo, ahanini bitewe…