Umugore yarashe umugabo wari usanzwe ari umusirikare ahita apfa
•
Umusirikare mu gisirikare cya Repubulka Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yishwe arashwe n’umugore we nyuma yo gushyamirana bagatongana hafi ku rwana. Ibi byabereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri teritwari ya Kalehe mu ijoro rishyira ku Cyumweru taliki 16 Kamena 2024. Amakuru avuga ko mbere y’uko uyu musirikare witwa Kito Timothee araswa, ngo yabanje…
Umugabo witwa Nzaramba David yaguwe gitumo yiha akabyizi ku mugore w’abandi muri Butike benshi batungurwa n’ibyo uyu mugore wari wizihiwe yahise akorera ubuyobozi
•
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Muko mu kagari ka Kabudundu, umugabo yafashwe asambanyiriza umugore w’abandi muri butiki. Ahagana muma saa cyenda z’ijorozo ryo kuwa 13 Mata 2022 nibwo Uwitwa Nyirahabimana Leonille, yahurujwe abwirwa ko umugabo we Nzaramba David aryamanye n’undi mugore muri butiki yabo ubusanzwe uwo mugabo yararagamo. Abaturanyi bakomeza bavuga ko umunsi…
Kimisagara: Umugabo yihaye akabyizi ku mwana yibyariye arangije akora ibyatumye benshi bamwita umukuru w’Ibigwari
•
Umugabo witwa Baranyeretse Theoneste uzwi ku izina rya Kavamahanga wo mu murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye ni nyuma y’uko umwana we yibyariye avuye guhuruza abaturage abamenyesha ko se amaze kumusambanya noneho yagaruka agasanga yimanitse mu mugozi yamaze gushiramo umwuka. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu…
Musanze: Umusore wari wagiye gusenga arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’umukobwa amusanze mu bwiherero
•
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Kamena 2024, RIB yashyikirijwe umugabo w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, akekwaho gusambanyiriza umwana w’umukobwa w’imyaka 15 mu bwiherero bwa Paruwasi Katederali ya Ruhengeri. Amakuru y’ifatwa ry’uyu mugabo yatangiye gucicikana ubwo ahagana Saa kumi n’ebyiri abakirisitu bari bagiye…
Dore impamvu zishobora gutera abantu kumatana igihe batera akabariro n’icyo bakora igihe bibaye
•
Rimwe na rimwe hakunze kumvikana inkuru ko hari abantu bamatanye, igitsina cy’umugabo cyafatiwe mu cy’umugore mu gihe bari mubgikorwa cyo gutera akabariro. Mu basoma iyi inkuru birashoboka ko hari abo byabayeho, bakaba batanga ubuhamya. Hari abafite inshuti byabayeho. Hari n’abandi byabaye ku baturanyi bigasakuza bakajya kwirebera. Bamwe bavuga ko biterwa n’amarozi cyangwa imyuka mibi…
Impamvu Perezida Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite
•
Mu gikorwa cyo kwakira indahiro z’Abayobozi bashya baheruka guhabwa inshingano muri Guverinoma no mu zindi nzego nkuru z’igihugu Perezida Paul Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite mu gihe habura igihe gito Abanyarwanda bakongera gutora Abadepite. Kuri uyu wa 12 Kamena 2024, nibwo hasohotse itangazo rivuga ku mpinduka muri Goverinoma Perezida Kagame yakoze mu…