Umugabo yishe umugore we wamusabaga kujya mu banyamasengesho kubera ibyo yabonye mu nzu yabo
•
Umugabo witwa Solomon Kapanga w’imyaka 29, akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore w’imyaka 22 nyuma y’uko amukubise ishoka mu mutwe bapfa ko yamusabaga ngo bajyane kureba umunyamasengesho, ni nyuma y’uko bari bamaze kubyemeranya umugabo akaza kubyanga umugore akamuhatiriza. Ibinyamakuru byo muri Zambia byatangaje ko ibi byabereye mu karere ka Mwinilunga, aho umuryango wabo wari utuye…
Hamenyekanye ibyo Amato y’intambara y’u Burusiya yageze mu marembo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye gukora
•
Kuri uyu wa Gatatu ushize amato y’intambara y’u Burusiya yageze mu gice cy’inyanja kigenzurwa na Cuba mbere y’imyitozo ihuriyemo ingabo z’ibihugu byombi iteganyijwe muri Karayibe. Iyi myitozo bamwe barayibona nk’uburyo bw’u Burusiya bwo kwerekana ingufu zabwo mu gihe hakomeje ukutumvikana ku byerekeye inkunga iterwa igihugu cya Ukraine. Ku ruhande rwazo, Leta Zunze…
Hatangiye gukoreshwa Uburyo bushya bwo kugendana amafaranga mu mubiri wa muntu
•
Ubu iyo uzengurutse mu masoko hirya no hino kw’Isi kuva muri Afurika, Aziya, Amerika n’u Burayi usanga abishyura ibicurunzwa na Serivise bahawe, akenshi bakoresha amakarita y’ama banki babitsemo amafaranga yabo. gusa ubu muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hari gukoresha ikiganza cyangwa ukuboko mu kwishyura ibicurunzwa waguze ubu buryo bunzwi nka “Microchip” n’ubwo butarakwira kwira…
Hamenyekanye akayabo Rayon Sports yahaye Ombolenga na Muhadjrii kugirango bayisinyire
•
Kuri uyu wa Kane,tariki ya 13 Kamena nibwo Rayon Sports yarangije kumvikana n’umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Ombolenga Fitina ayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri iri imbere. Ombolenga yishyuwe miliyoni 25 FRW ndetse yemererwa umushahara wa miliyoni buri kwezi. Uyu mukinnyi w’umuhanga kuri nimero kabiri, yasoje amasezerano muri APR FC yari amazemo imyaka irindwi hanyuma Rayon Sports…
Umupolisi ukomeye yarasiye umucamanza mu rukiko nawe ahita araswa
•
Umupolisi wo ku rwego rwo hejuru wo muri Kenya yishwe arashwe nyuma yuko arashe umucamanza mu rukiko mu murwa mukuru Nairobi. Uwo mupolisi w’ipeti rya ’Chief Inspector of Police’ (CIP) yarashe umucamanza mukuru Monica Kivuti wo mu rukiko rwa Makadara, nyuma gato yuko afashe icyemezo mu rubanza amakuru avuga ko umugore we aregwamo. Bivugwa…
Amavubi yaruhutse gucuragizwa kubera sitade
•
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryemeje ko Amahoro Stadium yujuje ibyangombwa bikenerwa mu kwakira imikino mpuzamahanga ya CAF/FIFA. Mu butumwa bageneye u Rwanda biciye muri Minisiteri ya Siporo na Ferwafa, abayobozi bo muri CAF bavuze ko basanze Stade Amahoro yujuje ibisabwa byose ngo yakire amarushanwa mpuzamahanga ndetse ko ari imwe mu ma stade meza…