Abapadiri bo mu Bufaransa bakoreye abana ibihumbi 216 ihogoterwa rishingiye ku gitsina kuva mu 1950-Raporo
•
Abana bagera ku 216,000 bakorewe ihohoterwa n’abapadiri ba Kiliziya Gatolika mu Bufaransa kuva mu 1950, nk’uko byavuzwe n’ukuriye komisiyo yakoze iperereza ku byaha nk’ibi muri Kiliziya. Jean-Marc Sauvé yabivugiye mu gusohora raporo ndende ku ihohotera rishingiye ku gitsina muri Kiliziya yo mu Bufaransa. Yavuze ko uwo mubare washoboraga kugera ku 330,000 iyo ibyaha…
Ibihugu 6 bifite ubushobozi bwo kurasa aho ariho hose ku isi byibereye iwabo n’ibisasu bitunze
•
Ibihugu birindwi byonyine nibyo kugeza ubu bifite ubushobozi bwo kurasa ahantu aho ari ho hose ku Isi byifashishije ibisasu bya missiles byakoze byambukiranya imigabane (intercontinental ballistic missiles), birimo ibifite ubushobozi bwo kugera mu birometero 16,000. . Ibihugu bishobora kurasa aho ari ho hose ku isi byibereye iwabo . Urutonde rw’ibihubu 6 bifite ibisasu…
Zimbabwe yavuze ko yiteguye koherereza u Rwanda abarimu rwayisabye
•
Guverinoma ya Zimbabwe yatangaje ko yishimiye kuba Perezida w’u Rwanda yarayisabye abarimu, ivuga ko yiteguye kubohereza kandi yatangiye imyiteguro ku bufatanye bw’ibihugu byombi. Mu ijambo yavugiye mu Nama y’ishoramari n’ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi iherutse kubera I Kigali mu cyumweru gishize, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwiteguye abarimu bashoboka baturuka muri Zimbabwe bakaza…
Yahengereye umukobwa we agiye ku bitaro kubyara ajya kwiramanira n’umukwe we – UBUHAMYA
•
Umukobwa yahishuye uko nyina w’imyaka 40 yamucunze agiye kubyara kwa muganga akamuca inyuma, akajya iwe akaryamana n’umukwe we (umugabo we) w’imyaka 25. . Umugore yahishuye uko nyina yamuciye inyuma akaryamana n’umugabo . Ubwo yari ku bise umugabo we yahisemo kujya kuryamana na nyirabukwe . Umugabo yanze guherekeza umugore we kwa muganga ajya kwisambanira…
Itangishatse Jean Paul araka Sunrise akayabo ka 6,000,000RWF nyuma yo kwirukanirwa kuri Whatsapp
•
Umuzamu wari umaze igihe mu ikipe ya Sunrise FC, Itangishatse Jean Paul, ari kwishyuza iyi kipe Miliyoni 6 n’ibihumbi 200 y’u Rwanda kubera kutubahiriza amasezerano bari bafitanye. . Sunrise yirukanye umuzamu wayo Itangishatse Jean Paul ibinyujije kuri Whatsap . Itangishatse Jean Paul yahishuye uko yababajwe n’uburyo yirukanwe . Itangishatse Jean Paul yaciye sunrise indishyi…
Mark Zuckerberg at $ 7 Billion Loss: What’s Behind WhatsApp, Instagram and Facebook temporally shut down?
•
Yesterday, Monday, October 4, 2021, at 6:00 pm local time, social media, WhatsApp, Facebook and Instagram went offline and many were first asked about the type of brand they were using. or their phones are dead, only yet these companies are listed in Facebook, inc all had a technical problem. Facebook is still…