Wari uzi ko Kwihagarika mu bwogero, Kurya inzara no kutoga buri munsi ari byiza mu buzima bwawe? IMPAMVU
•
Hari imico ikiremwamuntu kiba gihuriyeho ariko kitajya gipfa kuvuga mu ruhame, kubera kugira isoni n’ibindi. Hari imico watangiye utabizi ariko uko ubwije n’uko bukeye igenda ikura ukayishidikanyaho kandi ari myiza kuri wowe. Uyu munsi turakubwira imwe muri yo. . Ibyiza byo kurya inzara mu buzima bw’umuntu . Akamaro ko kwihagarika mu bwogero igihe…
Mark Zuckerberg mu gihombo cya Miliyari $7: Ni iki kihishe inyuma y’ihagarara rya WhatsApp, Instagram na Facebook?
•
Ejo kuwa Mbere tariki 4 Ukwakira 2021 mu masaha ashyira isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ku isaha yo mu Rwanda, imbuga nkoranyambaga, WhatsApp, Facebook na Instagram zavuye ku murongo ndetse benshi babanza kugira ngo ni ikibazo cy’ubwoko bwa murandasi bakoreshaga cyangwa se telefone zabo zapfuye, gusa nyamara ibi bigo bibarizwa mu kitwa Facebook,inc…
Abanyeshuri 60,000 batsinzwe ibizamini bya Leta basibijwe. Menya abanyeshuri bahize abandi
•
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ku mugaragaro amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza n’umwaka wa Gatatu w’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa Mbere tariki 4 Ukwakira 2021. Minisitiri w’Uburezi, Dr. Valentine Uwamariya yashimye ibyiciro bitandukanye by’abakoze ibizamini ‘kuko uyu mwaka w’amashuri urangiye wabaye…
Ibintu 5 wakorera umukobwa mukundana agahora yifuza kwihorera iruhande rwawe
•
Kugira ngo umukobwa ahore yishimye igihe cyose muri kumwe burya biterwa n’uko umusore bakundana amufata n’uko amuganiriza ndetse n’amagambo amubwira iyo bari kumwe. . Ibintu byagufasha gukundwa byimazeyo n’umukobwa wihebeye . Dore uko wabigenza ugatuma umukobwa mukundana ahora agutekereza Usanga abasore benshi cyangwa se abagabo bifuza kubona abakobwa b’inshuti zabo babasekera, babamwenyurira…
Mozambique: Ingabo za SADC zishobora kuva muri iki gihugu kuwa 15 Ukwakira 2021
•
Umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo, SADC, uvuga ko ubutumwa bw’amahoro bw’ingabo zayo ziri mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique buzwi nka SAMIM buzarangira tariki ya 15 Ukwakira 2021. Izi ngabo zatangiye kugera muri Mozambique tariki ya 21 Nyakanga 2021, nyuma y’icyemezo cyafatiwe mu nama y’umutekano yari yahuje abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango. Mu…
Ibiribwa 5 ugomba kugendera kure mu gihe urengeje imyaka 30 niba wifuza kuramba
•
Kugirango umuntu abeho neza agomba kugira imirire runaka yitaho ariko cyane cyane iyo umuntu arengeje imyaka 30 aba akeneye kwita ku mirire ye cyane cyane kureka ibiribwa byose bishobora gutuma abyibuha. Benshi ntibita kuri ibi gusa ingaruka bagira nyuma ntizishimishije na gato. Dore urutonde rw’ibiribwa 6 ugomba kwirinda niba ugeze mu kigero cy’imyaka 30…