Perezida Kagame yemeje ko hari abasirikare ba RDF bapfiriye ku rugamba muri Mozambique
•
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yemeje ko hari abasirikare bake ba RDF baguye ku rugamba Ingabo zayo ziriho rwo guhashya ibyihebe mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru ya Mozambique. Perezida Kagame yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 24 Nzeri, ubwo yasuraga Ingabo n’ababopisi b’u Rwanda bakabakaba 1,000 boherejwe kugarura…
Hamenyekanye uko amafoto y’ubwambure ya Kantengwa ari kujya ku karubanda – AMAFOTO
•
Hamenyekanye uko amafoto y’Umunyamideli wo muri Uganda ufite inkomoko mu Rwanda, Kantengwa Judith Heard, yongeye kuboneka ku mbuga nkoranyambaga cyane Twitter na Instagram ndetse n’abagabo bivugwa ko bagiye baryamana. Uyu munyamideli avuga ko hari aba-hacker biniriye ububiko bwe bw’amafoto, bayakwirakwiza bakoresheje konti ya Twitter avuga ko atari we uyigenzura. Ikinyamakuru Blizz gitangaza…
Wari uzi ko abantu benshi bapfa hagati ya saa cyenda na saa kumi z’ijoro? Irinde
•
Wagiye wumva imibare myinshi y’abantu bapfuye hagati mu ijoro no mu masaha ya kare (mu rukerera), ukumva ngo kanaka yapfuye hagati ya saa Cyenda na saa Kumi z’ijoro, bamwe bati “Ni Amadayimoni yamwishe”, abandi bati “Ni umunsi we wageze”. Ibi bintu bikunda kubaho cyane cyane nko mu rugo cyangwa mu bitaro. Ibi bituma…
Ibyiza 16 bitangaje biba ku mubiri wawe bitewe no kurya imboga za seleri
•
Seleri ni rumwe mu mboga nyinshi zikoreshwa nk’ibirungo cyane cyane mu isosi yaba iy’ibimera cyangwa isosi y’inyama. Bamwe barazikaranga abandi bakazitegura ukundi gusa ushobora kuzirya mbisi kuri salade, cyangwa ukazikatira ku byo kurya bigiye gushya. Byumvikane ko seleri zidakarangwa. . Akamaro ka sereri ku mubiri w’umuntu . Uko sereri iribwa . Intungamubiri ziba…
UCI yemeje ko shampiona yo gusiganwa ku magare ku isi izabera mu rwanda muri 2025
•
Ishyirahamwe mpuzamahanga rishinzwe umukino w’amagare, UCI, kuri uyu wa 24 Nzeri 2021 ryemeje ko shampiyona y’Isi yo mu 2025 izabera mu Rwanda. Ni icyemezo cyatangarijwe mu nama y’190 ya UCI yitabiriwe n’abarimo Minisitiri wa Siporo mu Rwanda, Aurore Mimosa Munyangaju na Perezida w’ishyirahamwe ry’uyu mukino muri iki gihugu, FERWACY, Murenzi Abdallah. UCI yatangaje ko…
Perezida Kagame yageze muri Cabo Delgado mu mwambaro wa gisirikare – AMAFOTO
•
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Mozambique, yageze mu Ntara ya Cabo Delgado, imaze iminsi iberamo ibikorwa by’ingabo z’u RWanda byo guhashya ibyihebe byari bimaze imyaka isaga itatu biyigaruriye. Aherekejwe na mugenzi we wa Mozambique, Felipe Nyusi, kuri uyu wa Gatanu, itariki 24 Nzeri, umukuru w’igihugu akaba yaganiriye n’abasirikare n’abapolisi…