Rwigema wakoze igishushanyo cya Jay Polly kikaza gusibwa yafashe icyemezo gikomeye cyane
•
Umunyabugeni witwa Rwigema Abdoul washushanyije ifoto ya Jay Polly ku muhanda ikaza gusibwa n’ubuyobozi bw’Akagali, yanze kuva ku izima avuga ko yiteguye kwishyura umusoro nk’uwicyapa ariko igishushanyo cy’uyu muraperi kigasubiraho. Nyuma yuko igishushanyo cya Jay Polly gihanaguwe ku muhanda n’abayobozi b’inzego z’ibanze ntibyakirwe neza n’abantu batandukanye, umusore wagishushanyije nawe avuga ko kugeza ubu…
Umugeni yasohotse mu rusengero ariruka nyuma yo kumenya ko agiye kubana n’umushoferi wa Taxi kandi yari azi ko ari umukozi wa Banki
•
Bamwe bati ‘Umusore utiraririye ntarongora inkumi’, iyi ni imvugo bamwe bakoreshaga ariko ugasanga atari ko byakagenze muri ibi bihe kuko bisenya ingo, nk’uko umukobwa Jackeline Wanjiru wo mu gace ka Kilifi yasohotse mu rusengero akiruka nyuma yo kumenya ko umugabo bagiye kubana yamubeshye ko ari umukozi wa Banki naho ni umushoferi wa Taxi. …
Amagambo 5 umukobwa atajya arambirwa kumva ku mukunzi we uko byamera kose
•
Rimwe na rimwe amagambo avanze n’ibikorwa ni ikintu kiryohera buri mukobwa wese uri mu rukundo. Amagambo afite uburyo afungura umutima, amagambo ni meza kandi amagambo ni uburyo bushobora gutuma wiharira umukobwa wenyine. . Imitoma iryohera amatwi . Amambo y’urukundo wabwira umukunzi . Amagambo abakobwa batajya barambirwa mu matwi yabo Dore amagambo 5…
Ibintu 6 bitangaje byakubaho uramutse uriye cocombre nibura imwe buri munsi
•
Concombre (soma kokombure) cg cucumber mu cyongereza, ni rumwe mu mbuto zifatiye runini ubuzima bwacu bwa buri munsi. Ni mu gihe kuko ikize ku ntungamubiri, imyunyungugu na vitamini zitandukanye zifasha umubiri mu mikorere myiza buri munsi. . Akamaro ko kurya Cocombre ku mubiri w’umuntu . Ibyo wakwitondera mu kurya cocombre . Ibyiza byo…
Umukobwa w’ikizungerezi w’umunyarwandakazi yangirijwe imyanya yibanga muri Nigeria
•
Amakuri IGIHE gifite ni uko uwo mukobwa w’imyaka 28 yakuriye mu Mujyi wa Kigali. Yamenyaniye n’umugabo kuri Instagram nyuma y’uko amubengutse amaze kureba amafoto ye. Urukundo rwabaye rwose, umugabo amusaba ko yazamusanga muri Nigeria bagakanira. Umukobwa yabaye incakura, ntiyahita yereka umugabo ko yashidukiye ubuzima bwiza yamubonanaga. Umugabo yabanje kumubwira uburyo amukunda, ko afite itako…
U Rwanda rwatsindiye kwakira shampiyona y’isi mu gusiganwa ku magare muri 2025
•
U Rwanda bwa mbere mu mateka yarwo ndetse n’aya Afurika muri rusange, ruzakira Shamiyona y’isi mu gusiganwa ku magare muri 2025 nyuma yo guhabwa aya mahirwe ruhigitse Maroc byari bihatanye. Nyuma y’igihe kinini u Rwanda rugaragaza ko rushoboye kwakira iri rushanwa,amakuru yamenyekanye ko rwahawe aya mahirwe nubwo itangazo ribyemeza rizasohoka ku munsi w’ejo.…