Ampa ibyishimo nkeneye n’ubwo afite ikibazo cy’amaguru – Ubuhamya bwa Muteteri
•
Muteteri Borah yatanze ubuhamya bugaragaza ukuntu urukundo nya rukundo rugira ayarwo, ahishura uko yakunze umusore ufite ubumuga bwo kutagira amaguru ndetse udafite ubushobozi akamwimariramo kugeza bakoze ubukwe, ubu bari mu kwezi kwa buki, bamaze amezi 3 barushinze. Hari ubwo bavuga ko urukundo rugira ayarwo rimwe na rimwe umuntu ntabyemere! Iyi nkuru tugiye kugarukaho…
Utubari twongeye kwemererwa gukora nyuma y’umwaka n’amezi 6 dufunze kubera Covid-19
•
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Nzeri 2021 iyobowe na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame, yakomoreye utubari ariko tukaba tuzafungurwa mu byiciro. Utubari dufunguwe nyuma y’umwaka umwe n’amezi 6 twari tumaze dufunze mu kwirinda ikwirakwira Covid-19. . Utubari tugiye kongera gufungura nyuma yo gufungwa kubera covid-19 . Amasaha yo kugera mu…
Igishushanyo cya Jay Polly cyari cyatumye yitirirwa umuhanda kiriho cyasibwe n’ikiriyo cye kitararangira
•
Rwigema Abdul wahanze igishushanyo cyatumye benshi bitirira Jay Polly umuhanda wo muri Kigali, yahamirije InyaRwanda amakuru avuga ko koko iki gishushanyo cyamaze gusibwa ndetse ko nawe atazi impamvu cyasibwe. Mu ijwi ridasohoka neza ryumvikanaga ko uyu munyabugeni Rwigema Art yababajwe ndetse anashavuzwa cyane n’isibwa ry’gishushanyo cya Nyakwigendera Jay Polly aherutse gushushanya ndetse benshi…
Ibimenyetso 10 bishobora kukwereka ko urwaye kanseri y’inkondo y’umura
•
Kanseri y’inkondo y’umura ikunze kwibasira cyane abagore, igaragazwa no gukura bidasanzwe k’uturemangingo ku nkondo y’umura. Kanseri akenshi iyo igifata umuntu ntikunze kugaragaza ibimenyetso, gusa iyo ifatiranywe hakiri kare ishobora kuvurwa ikaba yakira. . Ibimenyetso biranga Kanseri y’inkondo y’umura . Icyakubwira ko urwaye Kanseri y’umura Ibimenyetso bya kanseri y’inkondo y’umura ugomba kwitondera Ibintu…
Dr Kayumba ufungiye muri kasho ya RIB yahagaritse kwiyicisha inzara. Impamvu
•
Umunyapolitiki washinze ishyaka RPD ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Dr Christopher Kayumba, biravugwa ko yahagaritse imyigaragambyo yo kwiyiriza ubusa bitewe n’uko ubuzima bwe bwari bukomeje kujya mu kaga bitewe n’indwara ya Diyabete asanganwe. Igitangazamakuru The Chronicles Dr Kayumba yashinze atarinjira muri politiki, kivuga ko yahagaritse iyi myigaragambyo ku Cyumweru tariki ya 19 Nzeri 2021 nyuma yo…
Umwana w’umukire yasanzwe muri Hoteli yapfuye umusore bakundanaga avuga ko yishwe no gutera akabariro
•
Umwongerezakazi wari wararazwe amafaranga menshi yishwe n’umukunzi we wakoraga akazi ko kurinda [bouncer],hanyuma uyu musore abjijwe avuga ko yapfuye bari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina, nkuko yabibwiye urukiko ejo. Uyu mukobwa w’umutoza w’amafarashi usanzwe ari Millionaire witwa Anna Reed, ufite imyaka 22, yabonetse mu cyumba cya hoteri yapfuye, nyuma y’aho umukunzi Marc Schatzle w’imyaka…