Gicumbi: Umubyeyi yabyaye umwana wapfuye nyuma yo kurangaranwa n’umuganga bivugwa ko yataye akazi akajya gusambana
•
Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki 20/09/2021 ahagana saa mbiri mu Murenge wa Muko wo mu karere ka Gicumbi, ku Kigo Nderabuzima cyaho hamenyekanye amakuru y’umugore wabyaye umwana upfuye, bivugwa ko umuganga wari kumwitaho atabonetse kuko yari araranye n’umukobwa. . Umuganga wari ku izamu yataye akazi yigira mu cyumba n’inkumi bituma umubyeyi…
Umunyamakuru Jado Castar yatawe muri yombi mu iperereza ryimbitse ku biherutse kuba ku ikipe y’abagore ya Volley
•
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi umunyamakuru Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar rumukekaho gukoresha inyandiko mpimbano. Jado Castar usanzwe ari umuyobozi mukuru wa Radio B&B FM-Umwezi, anasanzwe ari Visi Perezida wa Kabiri ushinzwe Amarushanwa mu Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino wa Volleyball (FRVB). Uyu mugabo yatawe muri yombi ejo ku wa Mbere…
Umutoza Ronald Koeman wa FC Barcelona mu mazi abira
•
Amakuru aturuka mu bitangazamakuru bitandukanye byandika imikino muri Espagne, aravuga ko ikipe ya FC Barcelona yafashe icyemezo cyo kudakomezanya n’umutoza Ronald Koeman kubera umusaruro mubi. Mu mwaka ushize ni bwo uyu mugabo ukomoka mu gihugu cy’u Buholandi yageze muri FC Barcelona, asimbuye Quique Sétien wari umaze kwirukanwa. Koeman mu mwaka we wa mbere igikomeye…
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse n’Ububirigi banenze imikirize y’urubanza rwa Rusesabagina na batenzi be
•
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Ned Price, yatangaje ko igihugu cye cyibaza ku kuri kw’igihano Paul Rusesabagina wemererwa n’amategeko gutura mu gihugu cyabo, yakatiwe. Bigaragara mu itangazo Ned yasohoye kuri uyu wa 20 Nzeri, Urukiko Rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rumaze guhamya Rusesabagina icyaha…
Ibintu 10 ugomba kwirinda kuko byangiza cyane ubwonko bwawe
•
Hari ibintu usanga abantu bamwe cyangwa benshi baragize akamenyero nyamara kandi batazi ingaruka bigira ku buzima bwabo muri rusange. Muri byo hari ibyo dukora cyangwa tudakora ndetse bikaba akamenyero nyamara bikaba bigira ingaruka mbi ku buzima bwacu muri rusange no ku bwonko by’umwihariko Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibintu 10 dukora…
Pochettino revealed what Messi told him after he was not happy about being replaced
•
Paris Saint-Germain coach Mauricio Pochettino insists there is no problem between him and Lionel Messi after the former Barcelona star was unhappy with his replacement for Lyon. The six-time Ballon d’Or winner made his debut at the Parc des Princes on Sunday evening against Lyon but was substitutted at the 76th minute. …