Umukobwa yifotoye yicaye ku musore yari yahinduye agatebe aho bategera gari ya moshi atuma benshi bacika ururondogoro – AMAFOTO
•
Umugore ushinjwa kwerekana ibikorwa by’urukozasoni ku mugaragaro nyuma yo kugaragara yicaye ku mugongo w’umugabo yari yahinduye nk’intebe aho bategera gari ya moshi. . Umukobwa yahinduye umusore agatebe yicaraho aho bategera imodoka . Umukobwa yatunguranye yicara ku musore wari umeze nk’agatebe . Umukobwa yifotoreje ku musore nyuma yo kumugira agatebe bicaraho Uyu mugore…
Abakirutse Covid-19 bakomeje kwibasirwa n’uburemba
•
Abaganga mu ivuriro rya Mulago muri Uganda rishinzwe kwita ku barwayi ba Covid-19 bavuga ko abantu hagati ya 5 n’10 bakira iki cyorezo buri cyumweru, bagira ikibazo cy’uburemba no kurangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Capt. Dr. Barnabas Mugabi yabwiye New Vision dukesha iyi nkuru ati: “Twakira abarwayi bari gukira bavuga ko amasohoro yabo…
Volleball: U Rwanda rwakuwe mu mikino y’igikombe cya Afurika nyuma yo kuregwa gukinisha abakinnyi batujuje ibyangombwa
•
Minisiteri ya Siporo yatangaje irushanwa ry’Igikombe cya Afurika cya Volleyball ryaberaga mu Rwanda rigomba gukomeza ariko ritarimo ikipe y’u Rwanda, gusa ivuga ko yatangije iperereza ku birego byashyizwe ku kipe y’u Rwanda. . U Rwanda rwirukanwe mu mikino y’igikombe cya Afurika cya Volleyball . MINISPORTS yatangiye iperereza ku birego byashinjwe ikipe y’abagore ya Volleball…
Adeline Rwigara avuga ko nta mwenda bigeze babamo Banki, ngo barazira kuba bafite ibibanza mu Kiyovu
•
Abo mu muryango wa nyakwigendera Rwigara Assinapol, baravuga ko icyemezo cy’urukiko rw’ubucuruzi cyo kugurisha Hoteli yabo ari igihimbano, bakavuga ko nta mwenda bigeze babamo Cogebanque nk’uko bivugwa. . Hotel y’abo kwa Rwigara igiye gutezwa cyamunara . Adeline Rwigara avuga ko leta ibarimo amafaranga atabarika . Abo kwa Rwigara bavuga ko nta mwenda n’umwe…
Kigali: Yamurangirije ku ikariso atwita ari isugi! Ubuhamya buteye agahinda bw’umwana w’imyaka 17 wahohotewe
•
Umwana w’umukobwa watewe inda ari isugi nyuma yo guhohotera bakamurangiriza ku ikariso, yatanze ikiganiro kirimo ubuhamya bushaririye bw’ibyamubayeho bukubiyemo isomo ryabera abakobwa bari mu kigero cye impamba. . Umukobwa yatewe inda ari isugi . Umukobwa wafashwe ku ngufu aterwa inda akiri isugi Uyu mwana w’umukobwa tutari buvuge amazina ye kubera umutekano we, atuye mu…
Uri mwiza kandi uri uw’igikundiro: Dore imitoma 21 wabwira umukunzi wawe ukamukora ku mutima buri munsi
•
Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni ikintu cyiza nawe ubwe aba ategereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho uzasanga avuga ngo nta mukunzi agira cyangwa bikamugora kubaho. Ukwiriye gutuma uwo mukundana abaho yishimye birenze ibikenewe kandi biturutse kuri wowe. Ariko amagambo yawe akaba yuzuye ukuri kuguturutseho. . Amagambo y’urukundo wabwira umukunzi . Imitoma…