Pasiteri Bugingo yahishuye uko amagi yamutandukanyije n’umugore we bari bamaranye imyaka 19
•
Umuyobozi w’Itorero ryitwa House of Prayer Ministries International, Pasiteri, Aloysius Bugingo avuga ko uburyo umugore we, Teddy Naluswa Bugingo, yari atazi kumwitaho ngo amutekere amagi cyane umureti, biri mu byatumye batandukana kandi bari bamaranye imyaka 19 babana. Ugutandakana kwa Pasiteri Bugingo na Mama Pasiteri Teddy Naluswa Bugingo n’ubwo ku kiri mu nkiko, Bugingo…
Lionel Messi usa n’uwananiwe kwinjira mu mukino wa PSG yarebye ikijisho umutoza we ubwo yamusimbuzaga ndete yanga kumusuhuza – AMAFOTO
•
Rutahizamu Lionel Messi yarakaye nyuma yo gusimbuzwa mu mukino ikipe ya Paris Saint-Germain yatsinze bigoranye Lyon ibitego 2-1 – ndetse yanga gusuhuza umutoza we Mauricio Pochettino. . PSG ifite ubusatirizi bukomeye ku isi yatsinze Lion bigoranye . Lionel Messi yarebye nabi Pochettino ubwo yamusimbuzaga . Lionel Messi ntaratsina igitego mu mikino 3 amaze…
Nyagatare: Umusore yahuye n’uruva gusenya yimwa umugeni ku munsi wo gusaba kubera inkwano
•
Umusore wo mu Karere ka Nyagatare yimwe umugeni ku munsi w’ubukwe nyuma y’uko kwa sebukwe bagaye inkwano yari yatanze bavuga ko ari nke. Ibi byabaye kuwa Gatandatu tariki ya 18 Nzeri 2021, gusaba no gukwa byari bubere mu Murenge wa Matimba nyuma abageni bagasezeranira mu Mujyi wa Nyagatare ari naho bari gutura. …
Imwe mu mitungo ya Dr Habumuremyi Pierre Damien wahoze ari Minisitiri w’intebe igiye gutetwa cyamunara
•
Imitungo ya Dr Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe akaba na nyiri Christian University of Rwanda (CHUR), amerewe nabi kuko amasambu ye atatu yashyizwe muri cyamunara kugira ngo hishyurwe amadeni agera muri miliyoni hafi 25 Frw. Ni icyemezo cyafashwe ari muri gereza, kuko mu Ugushyingo 2020 yakatiwe gufungwa imyaka itatu nyuma yo…
Ibyobo 5 ukwiye kwirinda kugwamo igihe uri mu rukundo
•
Mugihe utarafata icyemezo cyo kujya mu rukundo hari ibintu 5 ugomba kwirinda kuko uramutse wibeshye ukabikora usanga bikugizeho ingaruka zikomeye cyane cyane iyo wageze mu rukundo, ni ngombwa ko ubyirinda mugiye utariyemeza gukunda. Ibintu 5 kwirinda gukora niba utarafata icyemezo mu rukundo: 1. Kwemera impano uhawe yose Iyo utarakunda by’ukuri ni…
Ibimenyetso byakwereka ko umusore mukundana nta rukundo rw’igihe kirekire aguteganyaho
•
Buri wese aba yumva iteka yaba mu rukundo rurambye, byaba byiza rukazavamo kubana n’uwo yihebeye, bakabana akaramata. Hari igihe umukobwa akundana n’umusore ariko urukundo uwo musore amukunda atari ururambye. Hari bimwe mu bimenyetso bigaragaza mwene uwo musore, ugukunda urukundo rutazaramba nk’uko tubikesha urubuga Elcrema: 1. Buri gihe iyo habaye ibibazo, agukangisha kubivamo…